• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bidasubirwaho M23 yafashe umujyi w’ingenzi wa Kanyabayonga.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2024
in World News
0
Bidasubirwaho M23 yafashe umujyi w’ingenzi wa Kanyabayonga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho M23 yafashe umujyi w’ingenzi wa Kanyabayonga.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28/06/2024, abarwanyi ba M23 birukanye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa mu mujyi wa Kanyabayonga uzwi ko ari uwingenzi muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Amakuru yukuri dukesha umurwanyi wa M23 utashatse ko izina rye rimenyekana yemeje ay’amakuru, kandi avuga ko Kanyabayonga yamaze kuja mu maboko y’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga.

Yagize ati: “Ubu mvugana na Minembwe Capital News, Kanyabayonga yose iragenzurwa na M23. Twayiruakanyemo FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC.”

Uyu mujyi ufashwe na M23, nyuma y’uko mu nkengero zawo hagiye habera imirwano ikaze yagiye ihanganisha uyu mutwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu gihe kirenga iminsi 19.

Ndetse kandi no kuri uyu wa Gatanu, haramukiye imirwano ikomeye yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare. Gusa M23 yari fite ibice byose bikikije uyu mujyi w’ingenzi wo muri teritware ya Rutshuru.

Uyu mujyi ufashwe mu gihe M23 yari yinjiye muri teritware ya Lubero igira n’ibindi bice byayo ifata, birimo Miriki n’ahandi hafi yaho.

Amakuru yukuri agaragaza n’amashusho Ingabo ziyobowe na Maj Gen Sultan Makenga ziri mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, ndetse zirimo kwiyegereza abaturage bababwira ko ari amahoro kandi ko bagomba gutekana.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yavuze ko M23 ko yinjiye muri uyu mujyi muto wa Kanyabayonga ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu.

Yagize ati: “M23 niyo igenzura Kanyabayonga, kandi bayigezemo mu masaha y’igicamunsi. Ntitwomenya neza isaha bayinjiriyemo kuko twari twihishe. Ariko twagiye kwitera hejuru dusanga M23 yatugezemo, aho twari twihishe mu mazu yo muri Kanyabayonga.”

            MCN.
Tags: KanyabayongaM23Yafashe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno, ihuriro ry’Ingabo za RDC muri uwo mujyi.

Uko M23 yinjiye mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga, nyuma yokwirukana ku mutuno, ihuriro ry'Ingabo za RDC muri uwo mujyi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?