• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bihagaze gute mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru? Urugamba rwongeye kubera hafi na Sake naho Abacanshuro bapfuye ari benshi.

minebwenews by minebwenews
February 8, 2024
in Regional Politics
1
Bihagaze gute mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru? Urugamba rwongeye kubera hafi na Sake naho Abacanshuro bapfuye ari benshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, imirwaro yongeye kubera hafi na Sake, nyuma yuko isaha z’igitondo imbunda ziremereye n’izito zumvikaniye muri Grupema ya Buhumba, teritware ya Nyiragongo, mu birometre 20 n’u Mujyi wa Goma.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Nk’uko bya vuzwe nyuma y’uko M23 ifashe Localite ya Rwibiranga, muri Grupema ya Buhumba, teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, urugamba rwahaje guhagarara muri ibi bice bya Kibumba, maze rwi mukirira muri teritware ya Masisi.

Ahagana isaha ya sasita kuri uyu wa Kane, tariki ya 08/02/2024, urusaku rw’imbunda rw’umvikaniye hafi na Sake, muga Centre gato ka Kingi, muri Grupema ya Kamuronza, ariyo ibarizwamo na Centre ya Sake, muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko aribo bagabye iki gitero, birangira n’ubundi aka gace kigaruriwe na M23, nk’uko amasoko ya MCN abivuga. Gusa iy’i mirwano yahagaze itaragera kure kugeza ubu haratuje.

K’urundi ruhande haravugwa iki bombe cyatewe mu ikambi y’impunzi iherereye mugace ka Mubango, nihafi na Goma, bikavugwa ko iki kibombe nta muntu cyigeze gikomeretsa usibye ikindi ki bombe cya tewe ejo muri Mugunga ko aricyo cyakomerekeje umudamu.

K’urundi ruhande haravugwa imfu zashikiye Abacanshuro ba komoka mu Burusiya no muri Romania, aho bivugwa ko bapfuye mu ntambara yabaye ejo hashize tariki ya 07/02/2024.

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyemeje ay’amakuru y’uko Abacanshuro baguye mu mirwano ariko bo bemeza umwe uwo bise ko yari umwarimu wahoraga atoza ingabo za FARDC kurwanya M23.

Ati: “Umwarimu wa gisirikare wo muri Romania yapfuye ari kurinda Centre ya Sake, undi nawe ukomoka Romania yakomeretse ubwo yari mu mirwano mu nkengero z’iyi centre ya Sake.”

Umwe mu barwanyi ba M23 ya bwiye Minembwe Capital News ko mu mirwano yabaye k’u wa Gatatu, ibereye mu nkengero za centre ya Sake ko yasize Abacanshuro batari munsi ya 18 bahasize ubuzima.

Yagize ati: “Nta bwo nshidikanya ko Abacanshuro baguye mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, bari munsi y’abantu 18 . Naragerageje ku baharura ngeza 15 amasasu aza kuba menshi nkomeza urugamba.”

Centre ya Sake kugeza ubu amakuru yizewe avuga ko izengurutswe na M23 n’ubwo ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zitangaza ko zagaruye ituze muri uy’u Mujyi, uherereye mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Ikindi n’uko nta muturage ubarizwa muri Centre ya Sake ko ahubwo bose bahunze bagana i Goma.

Sake ikaba irimo abasirikare gusa bo mu ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: AbacanshuroImirwaroKibumbaKingiSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
I misozi ya Uvira iravugwamo Interahamwe ninshi nyuma y’uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye mu Minembwe.

I misozi ya Uvira iravugwamo Interahamwe ninshi nyuma y'uruzinduko rwa Brig Gen Mwehu Lumbu Evariste, yagiriye mu Minembwe.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Barabeshya bezemera imishikirano

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?