• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 30, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 14, 2025
in Regional Politics
0
Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

You might also like

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Umukuru w’ishyaka rya CNDD mu Burundi, Leonard Nyangoma, yaburiye ubutegetsi bw’iki gihugu cyabo, gucyura Ingabo bwohereje mu ntambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rwego rwo kwirinda ko iyo intambara itazadukira ikinjira no mu Burundi.

Nyangoma yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, aho yavuze ko i Bujumbura hose bafite ubwoba budasanzwe batinya ko intambara ibera muri RDC, yagera iwabo, ngo kubera Ingabo zabo zayivanzemo.

Ku bwe agasobanura ko u Burundi bukwiye guhita buvana abasirikare babwo babarirwa mu bihumbi 20 bari muri iyo ntambara muri RDC, mu gihe bidakozwe uko intambara barimo izafatira n’igihugu cyabo ndetse n’akarere kose.

Yakomeje avuga ko mbere y’uko u Burundi bwohereza ziriya ngabo mu Burasirazuba bwa RDC, bwari kubanza bukabimenyesha Abarundi (abenegihugu), nyuma Inteko nshinga mategeko y’iki gihugu ikabyigaho maze ikaza kubasobanurira icyatumye haba gufata icyo iyemezo cyo kohereza abasirikare babo kurwanira ikindi gihugu. Avuga ko n’ibindi bihugu bibikora nk’uko yabisobanuye haruguru.

Hagati mu mwaka wa 2022, ni bwo u Burundi bwohereje Ingabo za bwo muri RDC. Bivugwa ko ihafite ibihumbi 20, aho zagiye gufasha iza RDC, FARDC kurwanya umutwe wa M23 usanzwe urwanira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

N’ubwo Ingabo z’u Burundi zagiye gufasha iza RDC kurwanya umutwe wa M23 ku bw’umvikane bw’ibihugu byombi, ntibyabujije uyu mutwe zirwanya gufata ibice bikomeye, kuko kuri ubu ugenzura umujyi wa Goma n’uwa Bukavu n’ibindi bice byinshi bitandukanye byo muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Bizwi ko ingabo z’u Burundi zisigariye muri Uvira no mu misozi yayo, ni nyuma y’aho Twirwaneho ikorana byahafi na M23 izirukanye mu misozi ya Minembwe no mu Cyohagati.

Tags: Ingabo z'u BurundiRdc
Share46Tweet29Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

I Burundi hikanzwe coup d'etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye, yasubitse uruzinduko yagombaga kugirira i Paris mu Bufaransa, nyuma y'uko amenye ko...

Read moreDetails

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n’umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w’u Rwanda

Hamenyekanye icyo perezida Tshisekedi n'umuryango wa Habyarimana bagiye gukora mukudurumbanya umutekano w'u Rwanda Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umuryango wa Habyarimana bemezanyije gutangira kubaka...

Read moreDetails

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bakomanda barenga ibihumbi 7 binjiye muri AFC/M23/MRDP

Ibyo wa menya ku bakomanda barenga ibihumbi 7 binjiye muri AFC/M23/MRDP

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?