• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2024
in Regional Politics
0
Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01/03/2024, i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateraniye i Nama yahuje abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu byo hereje abasirikare babo kuja gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ukuva k’umunsi w’ejo hashize, n’ibwo bariya bakuru b’Ingabo z’i bihugu bageze i Goma, aho bya vuzwe ko bakiriwe na Lt Gen. Sikabwe Fall, umukuru w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zirwanira k’u butaka, akaba ahagarariye n’ibikorwa bya operasiyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko ibiro ntara makuru bya RDC bivuga n’uko umugaba mukuru w’ingabo z’i bihugu byo muri SADC wakiriwe mbere ku mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 29/02/2024, ari General Jacob John Mkunda hamwe n’intumwa y’u mugaba mukuru w’ingabo za Malawi, haza gukurikira Gen Christian Tshiwewe Songesa wa RDC, ubwa gatatu haza kuza uwa Afrika y’Epfo, General Rudzani Maphwanya na Lt Gen Prime Niyongabo umugaba mukuru w’ingabo z’i gihugu cy’u Burundi.

Bari kuganira ku ntambara ingabo zabo zirimo kurwana na M23, mu bice byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, hafi mu ntera y’ibirometre nka 20 n’u Mujyi wa Goma, nk’uko ibi byavuzwe na BBC.

Iy’i Nama idasanzwe yo k’urwego rwo hejuru, ibaye nyuma y’uko hari habanjye iya bakuru bi bihugu bifite ingabo mu Burasirazuba bwa RDC. Ni Nama yabereye i Namibia, tariki ya 25/02/2024, ikaba yari yitabiriwe na Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Lazarus Chakwera wa Malawi.

Bose bahuriza hamwe kugushaka igisubizo cy’intambara imaze imyaka irenga ibiri ibera mu Burasirazuba bwa RDC, ahanini barebera hamwe uko bohashya M23 imaze kuzengereza abo bahanganye bose.

Bahuye kandi mu gihe M23 ifite ibice byinshi by’igenzi igenzura byo mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, ndetse n’igice kinini cya Sake harimo na centre y’ubucuruzi ya Kitshanga. Tu tibagiwe inzira zose z’ubutaka zihuza u Mujyi wa Goma na za teritware.

              MCN.
Tags: Abagaba bakuru b'IngaboGomaM23SADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Bibogobogo, ahatuwe n’Abanyamulenge, abasirikare bahabarizwaga bahavuye baja i Baraka.

Bibogobogo, ahatuwe n'Abanyamulenge, abasirikare bahabarizwaga bahavuye baja i Baraka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?