Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 1, 2024
in Regional Politics
0
Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01/03/2024, i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateraniye i Nama yahuje abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu byo hereje abasirikare babo kuja gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ukuva k’umunsi w’ejo hashize, n’ibwo bariya bakuru b’Ingabo z’i bihugu bageze i Goma, aho bya vuzwe ko bakiriwe na Lt Gen. Sikabwe Fall, umukuru w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zirwanira k’u butaka, akaba ahagarariye n’ibikorwa bya operasiyo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko ibiro ntara makuru bya RDC bivuga n’uko umugaba mukuru w’ingabo z’i bihugu byo muri SADC wakiriwe mbere ku mugoroba w’ejo hashize, tariki ya 29/02/2024, ari General Jacob John Mkunda hamwe n’intumwa y’u mugaba mukuru w’ingabo za Malawi, haza gukurikira Gen Christian Tshiwewe Songesa wa RDC, ubwa gatatu haza kuza uwa Afrika y’Epfo, General Rudzani Maphwanya na Lt Gen Prime Niyongabo umugaba mukuru w’ingabo z’i gihugu cy’u Burundi.

Bari kuganira ku ntambara ingabo zabo zirimo kurwana na M23, mu bice byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, hafi mu ntera y’ibirometre nka 20 n’u Mujyi wa Goma, nk’uko ibi byavuzwe na BBC.

Iy’i Nama idasanzwe yo k’urwego rwo hejuru, ibaye nyuma y’uko hari habanjye iya bakuru bi bihugu bifite ingabo mu Burasirazuba bwa RDC. Ni Nama yabereye i Namibia, tariki ya 25/02/2024, ikaba yari yitabiriwe na Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, Evariste Ndayishimiye w’u Burundi na Lazarus Chakwera wa Malawi.

Bose bahuriza hamwe kugushaka igisubizo cy’intambara imaze imyaka irenga ibiri ibera mu Burasirazuba bwa RDC, ahanini barebera hamwe uko bohashya M23 imaze kuzengereza abo bahanganye bose.

Bahuye kandi mu gihe M23 ifite ibice byinshi by’igenzi igenzura byo mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, ndetse n’igice kinini cya Sake harimo na centre y’ubucuruzi ya Kitshanga. Tu tibagiwe inzira zose z’ubutaka zihuza u Mujyi wa Goma na za teritware.

              MCN.
Tags: Abagaba bakuru b'IngaboGomaM23SADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Bibogobogo, ahatuwe n’Abanyamulenge, abasirikare bahabarizwaga bahavuye baja i Baraka.

Bibogobogo, ahatuwe n'Abanyamulenge, abasirikare bahabarizwaga bahavuye baja i Baraka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?