• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bimwe mu byaranze umuhango wo gushingura abazize ibisasu byatewe i Mungunga, hafi n’umujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2024
in World News
0
Bimwe mu byaranze umuhango wo gushingura abazize ibisasu byatewe i Mungunga, hafi n’umujyi wa Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu bishwe n’ibisasu mu nkambi y’impunzi iri i Mugunga ku munsi w’ejo barashinguwe.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni imibiri y’abantu mirongo itatu n’abatanu niyo yabashe gushingurwa kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15/05/2024.

Umuhango wo gushingura witabiriwe n’abayobozi batandukanye baje baturutse mu murwa mukuru i Kinshasa barimo na minisitiri ushinzwe ibikorwa by’u butabazi no kugoboka abari mu kaga, Modeste Mutinga, uwitangaza makuru n’itumanaho, Patrick Muyaya, n’abadepite batandukanye batowe mu mujyi wa Goma.

Bari baje kwifatanya n’imiryango y’ababuze ababo mu nkambi ya Bulengo na Mugunga ahagana ku itariki ya 03/05/2024, ubwo haterwaga ibisasu bigahitana abantu.

Leta ivuga ko abaguye muri ibyo bitero ko ari abantu 35.

Umuhango nyirizina watangijwe ku mugaragaro igihe c’isaha umanani za manywa.

Imibiri yose uko ari 35 yari itwikiriwe n’amabara atandukanye arimo ubururu, umuhondo, n’umutuku agize ibendera rya Congo.

Afata ijambo Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Peter Cirimwami Nkuba, yabanje kwihanganisha imiryango y’ababuze ababo. Uyu kandi yagaragaje ko Guverinoma idashobora kwihanganira ibyavuzwe avuga ko umukuru w’igihugu n’abagize Guverinoma barimo gufata ingamba zigamije kurinda abaturage bari mu duce tubangamiwe n’umutekano muke, we avuga ko uterwa n’umutwe wa M23.

Ni nabwo butumwa abategetsi bavuye i Kinshasa bakomeje kugarukaho.

Bamwe mu bagize imiryango y’abakozweho n’icyo gitero cya Mugunga mu gahinda kenshi bakurikiyeho, maze haba amarira menshi.

Imibiri uko yose ari 35 yashinguwe mw’irimbi rya Kibati ho muri teritware ya Nyiragongo.

Hagati aho Guverinoma yahise isohora itangazo rimenyesha ko hagiye gutegurwa ikiriyo mu gihugu hose, mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyekongo bahunze intambara.

Abagize imiryango y’ababuze ababo bo bagiye bagaruka ku gusaba leta kubashakira umutekano no kubasubiza mu duce baje bavamo.

          MCN.
Tags: 35Bazize ibisasuMugungaUmuhango
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw’Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, barangije bamunyaga utwe.

Wazalendo baraye bagabye igitero mu rugo rw'Umunyamulenge muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, barangije bamunyaga utwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?