• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Bintou Keïta, Uyoboye Monusco Muri RDC Ari Muruzinduko rwakazi mubice Bya Beni.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uhagarariye ingabo za Monusco muri Republika iharanira democrasi ya Congo, Bintou Keïta, ari muruzinduko rwakazi mubice bimwe nabimwe muri Eastern y’iki gihugu ca Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Mururu ruzinduko rwa Bintou Keïta, bivugwa ko akomeje kwakira ibibazo bitandukanye muribimwe bimusaba kongera izindi ngabo za MONUSCO muduce dutandukanye twa Kivu y’amajyaruguru.

Mukiganiro Keïta, yagiranye nabakuru ba Societe civile, nabahuza bikorwa bayo, mu muryi wa Beni, bamusabye kongera kuzana ingabo za FIB, ( United nation Force Intervention Brigade), kugira zibashe guhasha imitwe yitwaje intwaro nka M23 na ADF muri Kivu yamajaruguru.

Umuhuza bikorwa wa Société civile murako gace Jackson Kasenga, yavuzeko biramutse bigenze gutyo ingabo za FIB zikarwanya iyi mitwe bya tuma umubano nubumwe bwiza hagati ya Congo na ONU wongera kuremeka ukaba mwiza.

Amwe mumagambo yavuzwe muribi biganiro, abakuru ba société civile bavuzeko igihugu kimwe gitera inkunga ingabo runaka kitarusha imbaraga ubumwe bwimiryango yabibumbye ( ONU), basaba uyu muryango kutitesha agaciro ufitiwe na mahanga.

Bintou Keïta, akaba akomeje urugenzi rwe rwogusura uduce twiburasirazuba bwa Congo, aho byitezwe ko azahita yerekeza i Bukavu mumurwa mukuru wo muri Kivu yamajepfo.

Bintou Keïta, Ingabo ze za Monusco zimaze igihe mubutumwa bwa Mahoro muri Congo Kinshasa, ziheruka kwamaganwa nabaturage muribi bice byo muri Eastern, aho bazishinja kuba ntaco zimaze zidashoboye kurwanirira abaturage, ngo zirwanye n’Umutwe wa M23 ugize igihe uhanganye n’ingabo za leta ya Felix Tshisekedi (FARDC).

Uyu muyobozi kandi aheruka kugirana ikiganiro c’ihariye nabwana Constant Ndimba, uyoboye Kivu y’amajyaruguru yavuzeko bagiranye ibiganiro biganisha kumahoro no gushira mubikorwa ibyavuye munama yamahoro ya Nairobi na Luanda.

Ikindi ageze muri Ituri, yashimiye nanone umuyobozi mukuru wiyintara ya Ituri kubufatanye bwiza akomeje kugirana na MONUSCO mugushakira abaturage umutekano mwiza.

Bintou, uhagarariye umuryango wabibumbye muri DRC yasuye ninkambi ya Bushagara irimo impunzi ninshi ziva mu gihugu, muduce twabayemo intambara, yabitwaje ibirwanisho ningabo za leta ya Congo (Fardc), asabako leta ya Kinshasa igomba kubaba hafi ikabafasha kuko ubuzima yabasanzemo bugoye buteye nishavu ryinshi, avugako impunzi zamuregeye zimubwirako ntaco leta yigeze ibafasha mubibazo bahuye nabyo kandi aribo babiteye.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Emmanuel Macron, w'Ubufransa Yaraye aciye Muri Humye Abatashakaga Ko Agera IKinshasa Ahagera Mwijoro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?