• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, January 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 30, 2025
in Conflict & Security
0
Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

You might also like

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

Imitwe ibiri y’inyeshamba ihurikiye mu cyiswe Wazalendo, iyari imaze iminsi itari mike isubiranamo mu bice bitandukanye byo muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yiriwe mu mishyikirano.

Iyi mishyikirano hagati y’umutwe wa CNPCS n’uwa Mai Mai Biroze Bishambuke, yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, itariki ya 30/10/2025.

Amakuru kuri iyi mishyikirano agaragaza neza ko yabereye i Misisi, mu gace kazwiho ubucuruzi bw’ibicuruzwa bitandukanye gaherereye mu majy’Epfo ya teritware ya Fizi.

Ni imishyikirano bivugwa ko yitabiriwe n’abakomanda batandukanye bo muri iyi mitwe yombi, abo mu wa CNPCS wo kwa Gen Hamuli Yakutumba n’abo muri Bishambuke na yo iyobowe na Col Ngomanzito.

Yitabiriwe kandi n’abasaza bo mu bwoko bw’Ababembe n’Abapfulelo, kimwe kandi na ba-Chefs.

Yajemo n’abasirikare, Abapolisi ndetse n’izindi nzego za Leta zaje zihagarariye teritware ya Fizi.

Iyi mishyikirano yabaye mu gihe impande zombi zari zimaze iminsi ibarirwa muri irindwi zihanganye. Zacyakiraniye i Lulimba, Misisi, kwa Nyange n’ahandi.

Bivugwa ko bapfaga amabariyeri atemewe buri ruhande rwishyiriyeho, bakambura abantu.

Muri iyi mishyikirano babwiwe ko ari bamwe, kandi ko n’ubabyara bose na we ari umwe, bityo basabwa guhuza no guharanira ubumwe.

Bishambuke na CNPCS, babwiwe kandi ko “umwanzi wabo ko ari M23 na Twirwaneho.” Banahamirizwa ko kugira ngo bamushobore bakwiye gusenyera ku mugozi umwe.

Ntitwabashe kumenya niba izi mpande zizongera guhurira mu mishyikirano nyuma y’iyi yabaye.

Icyobikoze n’ubwo iyi mishyikirano yabaye kuri Bishambuke na CNPCS gusa, ariko harwanaga n’undi mutwe wa Mai Mai y’Ababuyu. Uyu na wo uhanganye na CNPCS. Ihangana hagati y’impande zombi ryabereye cyane cyane i Kilembwe no mu nkengero zayo.

Tags: BishambukeCNPCSMai MaiMisisi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi Ingabo z’u Burundi zakomeje guhura n’ibibazo bikomeye mu mirwano yabereye mu nkengero za Minembwe, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ku wa Gatandatu, tariki ya 17/01/2026, ryakuye burundu ingabo...

Read moreDetails

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose Ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, mu mujyi wa Goma, ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu  Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

AFC/M23/MRDP yasubije inama yaberaga mu Bufaransa yayisabye gufungura ikibuga cy'indege cya Goma

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?