• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bitagira uko bisa, i Lundu bakiriye Brig.Gen. Sematama uzwi nk’Intare-Batinya n’Ingabo ayoboye.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Bitagira uko bisa, i Lundu bakiriye Brig.Gen. Sematama uzwi nk’Intare-Batinya n’Ingabo ayoboye.
151
SHARES
3.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitagira uko bisa, i Lundu bakiriye Brig.Gen. Sematama uzwi nk’Intare-Batinya n’Ingabo ayoboye.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Umuyobozi wa gisirikare w’u mutwe wa Twirwaneho Brigadier General Charles Sematama uzwi cyane nk’Intare-Batinya, abaturage b’i Lundu mu Minembwe ahazwi nk’iwabo w’Abanyamulenge bamwakiranye n’abasirikare benshi ashoreye mu byishimo bidasanzwe.

Ni amakuru dukesha abaturiye ibyo bice aho avuga ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 26/03/2025, i Lundu bakiriye umuyobozi mukuru wa Twirwaneho uvuye muruzinduko i Bukavu.

Ku munsi w’ejo ku wa kabiri ni bwo uyu muyobozi w’u mutwe wa Twirwaneho yakandagije ibirenge bye mu Mikenke nyuma y’urugendo rurerure yagize kuva i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Akigera mu Mikenke yagiranye ikiganiro n’ibitangazamakuru, abibwira ku nshamake y’urugendo rwe kuva akiva mu Minembwe yerekeza iyo yari yaragiye kwivuriza mu mpera z’umwaka ushize wa 2024.

Uyu muyobozi yasobanuriye biriya bitangaza makuru ko icyo gihe yavuye mu Minembwe ku mpamvu z’uburwayi, ariko kubu agarutse, kandi ko yavuwe arakira.

Abajijwe ibijyanye n’urugendo rwe kuva i Bukavu agaruka mu Minembwe, yasubije ko yahuye n’ibirushya byinshi, birimo ibitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo, haba i Kaziba, Rurambo, Bijombo kugeza ageze mu Mikenke kuko naho akihagera Ingabo ze zatewe na Wazalendo ifatanyije n’Ingabo z’u Burundi ariko ko abarwanyi b’uyu muyobozi barazikubitagura zikizwa n’amaguru.

Ndetse no muri biriya bice byose yagiye anyuramo yagiye ahura n’ibitero byaririya huriro ry’Ingabo za Congo, ariko akabisubiza inyuma ubundi akana fata biriya bice. Kuko ingabo ze zafashe i Kaziba, imisozi ya Rurambo n’ibice by’i Ndondo ya Bijombo.

Mu bindi yabwiye biriya bitangaza makuru nuko yazanye abasirikare benshi, Abasore b’Abanyamulenge baje batabaye aho bavuye muri Uganda, Kenya n’ahandi.

Ubundi kandi avuga ko uyu mutwe wa Twirwaneho, mbere wahoraga urwanirira mu mihana kuko wirwanagaho, ariko kubu ugiye kuzajyusanga umwanzi iyo ari murwego rwo kugira ngo umuhashye.

Yagarutse kandi no ku bitero by’indege ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zigaba ku Banyamulenge, asobanura ko ibyo bitero Leta ibikora igamije kurimbura ubwoko bw’Abanyamulenge, ashimangira ko abagize uruhare runini muri ibyo bitero ko ari abasirikare ba Banyamulenge bakorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

Anashimangira ko ibyo byagizwemo uruhare runini n’ubuyobozi bwa zone ya gatatu y’ingabo za Fardc iyobowe na Lt.Gen. Masunzu. Ndetse yongeraho ko iyo zone itarahabwa Umunyamulenge ntabitero yagaba muri Kivu y’Amajyepfo n’i Yaruguru.

Ikindi yavuze ni ubufatanye hagati ya Twirwaneho n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa m23 urwanya nawo ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Kuri ubwo bufatanye yagaragaje ko butaragera ku kintu kinini, ariko ko bizagenda biza.

Hagataho, uyu muyobozi ukomeye mu bwoko bw’Abanyamulenge yakiriwe n’Abanye-Lundu, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Aya makuru an’avuga ko abaturage baha i Lundu bamwakiranye urugwiro rudasanzwe, aho ndetse bamwe banagize n’ikiniga amarira agatemba ku maso, abandi n’abo bakavuza akaruru k’ibyishimo.

Umwe uriyo yagize ati: “Sibintu! Ni kivumbi najasho. Twamwiranye ibyishimo bidasanzwe.”

Bavuga ko mu kumwakira abagore barimo basasa ibitenge byabo mu nzira akabakindagiraho, mu gihe abagabo bo bagaragazaga ibyishimo.

Si abaturage gusa bamwakiriye, kuko n’Ingabo za Twirwaneho zireba aka gace k’i Lundu zaje nazo kumwakira.

Bitaganyijwe ko azava i Lundu yerekeza mu Minembwe centre, iherereye mu ntera y’i birometero nka bibiri uvuye aha i Lundu.

Tags: I LunduSematama
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post

Nangaa yatangaje amagambo akomeye ku gisirikare cya RDC n'icy'u Burundi kiri mugukubitwa kubi na Twirwaneho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?