Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bitakwira, ntavuga rumwe na Leta ye, ku ntamabara ivuga ko ihanganyemo n’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 23, 2024
in Regional Politics
0
Bitakwira, ntavuga rumwe na Leta ye, ku ntamabara ivuga ko ihanganyemo n’u Rwanda.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitakwira, ntavuga rumwe na Leta ye, ku ntamabara ivuga ko ihanganyemo n’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Depite ku rwego rw’i gihugu, Justin Bitakwira, yagaragaje ko intambara Repubulika ya demokorasi ya Congo ivuga ko ihanganyemo n’u Rwanda ari ikinamico.

Justin Bitakwira yagarutse kuri ibi, ubwo yari mu kiganiro n’igitangazamakuru cya Radio Top Congo FM, aho yumvikanye anenga cyane ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi, ahanini yabunengaga ku bijanye n’uburyo bukoresha ngo bukemure amakimbirane Ingabo zabwo zihanganyemo n’umutwe wa M23.

Imyaka ikababa kuba itatu, RDC iyimazemo irwana n’uyu mutwe wa M23, gusa Perezida Félix Tshisekedi na Guverinoma ye bakunze kugaragaza ko umutwe wa M23 utabaho ko ahubwo u Rwanda ari rwo rwateye iki gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo. Ibyo u Rwanda rwagiye ruhakana kenshi, ndetse rugashinja Tshisekedi gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Justin Bitakwira yavuze ko atemeranya n’ibyo ubutegetsi bwa Kinshasa buvuga ko buri mu ntambara n’u Rwanda, ngo kuko iyo biza kuba ari byo yakabaye yarafunze imipaka ihuza ibi bihugu byombi.

Yagize ati: “Ni ba koko turi mu ntambara n’u Rwanda, kubera iki Guverinoma ya Kinshasa itemera ko imipaka ifungwa ? Kubera iki umubano ushingiye kuri dipolomasi ugikomeje ? Ibi birasa n’ikinamico, si intambara nyayo.”

Yashimangiye ibi avuga ko kuri we, abona hari urukundo rutunganye hagati y’u Rwanda n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

       MCN.
Tags: IkinamicoIntambaraJustin BitakwiraRdcU Rwanda
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Intambara hagati ya Israel n’umutwe wa Hezbollah yarushijeho gukara.

Intambara hagati ya Israel n'umutwe wa Hezbollah yarushijeho gukara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?