Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 4, 2024
in Regional Politics
0
Bitunguranye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwasabwe kuvana Ingabo zabwo mu mujyi wa Goma, bitaba ibyo zigacanwaho umuriro w’imbunda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo, rya buriye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuvana Ingabo ze, mu mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu butumwa buri mu itangazo, iri huriro rya AFC ryashize hanze ku mugoroba wo ku wa Gatanu, ahagana isaha z’umugoroba wajoro.

Ubutumwa buvuga ko Igisirikare cya leta ya Kinshasa, harimo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo na SADC, buri uko gitsinzwe mu ntambara cyiroha mu baturage kikabica kandi kikanasahura ibyabo.

Itangazo rikavuga ko, kwi byo byakozwe mu bice bya Kaluba, Mushaki, Kibirizi, Mweso na Kilolirwe.

Kubera ubwo bugizi bwa nabi bukorerwa abasivile bukozwe n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, itangazo rya AFC rigasaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuvana Ingabo zabo mu mujyi wa Goma mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’Abanyegoma butazaja kwangirizwa n’iki gisirikare cya RDC.

Iri tangazo rinasobanura ko Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko ubu bugome gikorera abasivile, bugize igihe kirekire, bityo ko igihe kigeze ngo bishirweho iherezo rya nyuma.

Itangazo rikomeza rivuga ko kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ryashinze imbunda hagati mu baturage baturiye i Mugunga, ahasanzwe hacyumbikiwe abahunze intambara, muri Masisi na Rutshuru, maze AFC yibutsako uko gushinga imbunda mu baturage ukarasa uwo muhanganye, ko aricyaha gihanwa n’amategeko mpuzamahanga, ku mategeko agenga intambara.

Iri tangazo rigasozo rivuga ko mu gihe ubutegetsi bwa Tshisekedi butazubahiriza ibyo busabwa na AFC/M23 bo bazaza kubyikorera ntayandi mananiza.

        MCN.
Tags: Asabwe kuvana Ingabo ze mu mujyi wa GomaBitaba ibyoTshisekediZigacanwaho umuriro w'imbunda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba leta ya Kinshasa baheruka guhunga ku rugamba icyo gisirikare gihanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, bakatiwe urwo gupfa.

Abasirikare ba leta ya Kinshasa baheruka guhunga ku rugamba icyo gisirikare gihanganyemo na M23, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, bakatiwe urwo gupfa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?