• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in Religion
0
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

You might also like

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Pasitori Joshua Mhlakela wo muri Afrika y’Epfo, nyuma y’aho yari agize igihe abwira abantu ko yabonye Yesu, yongeye kubatungura ababwira ko Yesu azagaruka ku isi kujana abe muri uku kwezi kwa cyenda uyu mwaka wa 2025.

Ni ubuhanuzi yatanze ubwo yagiranaga ikiganiro na Cettwinz Tv yo muri Afrika y’Epfo, avuga ko Yesu agiye kugaruka muri uku kwezi kwa cyenda.

Joshua Mhlakela yanasabye abantu bose kwitegura, aho yagize ati: “Igihe cyo kuzamurwa kiri hafi, waba witeguye cyangwa utiteguye. Nabonye Yesu yicaye ku ntebe ye, numva avuga ati ndaje vuba.”

Yongera ati: “Yarambwiye ati ‘tariki 23 na 24 z’u kwezi kwa Cyenda uyu mwaka wa 2025,’ nzagaruka ku isi.”

Ibyatangajwe na pasitori Joshua Mhlakela byatumye abakristu benshi ba mwemera aho batangiye gukwirakwiza kumbuga nkoranyambaga ibyatangajwe na we, bavuga ko ibyo yavuze bishobora kuba byo ijana ku ijana.

Hari uwatanze ubutumwa bwinyandiko agira ati: “Umwana wanjye w’imyaka 10 na we aheruka kurota ibyerekeye kuzamuka ku itorero.”
Undi na we yongeraho ati: “Uyu mugabo ashobora kuba avuga ukuri. Yagize ati: “Ntabwo nsanzwe nkurikirana iby’ubuhanuzi, ariko Imana yansabye gukurikirana ibyatangajwe na pasitori Joshua Mhlakela.”

Abatabyemera na bo bavuze ko nta muntu n’umwe ushobora kumenya umunsi cyangwa isaha Yesu azagarukiraho, ati gusa igikwiye n’uko twohora twiteguye, kandi tugahora turi maso, ngo kuko umunsi n’isaha bizwi n’Imana yonyine.

Tags: KugarukaYesu
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

by Bahanda Bruce
September 15, 2025
0
Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi

Ibya garagaye i Rome kwa Papa byashimishije benshi Mu birori byabereye muri kiriziya iherereye i Rome mu Butaliyani, Gimbal Musk, umuvandimwe w'umuhewe Elon Musk, yabisusurukijemo cyane abantu bari...

Read moreDetails

Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Lazar Sebitereko yibukije ko “abarimo Umukozi w’Imana Ndaruhutse” bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe

Lazar Sebitereko yibukije ko "abarimo Umukozi w'Imana Ndaruhutse" bamaze imyaka 28 baguye mu Minembwe Imyaka 28 irashize abantu basaga 20 bahitanwe n'impanuka y'indege yabereye hafi n'i kibuga cy'indege...

Read moreDetails

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails
Next Post
HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo bari gucamo, igira n’icyo isaba Leta ya RDC

HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y'Epfo bari gucamo, igira n'icyo isaba Leta ya RDC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?