• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in Religion
0
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

You might also like

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

Pasitori Joshua Mhlakela wo muri Afrika y’Epfo, nyuma y’aho yari agize igihe abwira abantu ko yabonye Yesu, yongeye kubatungura ababwira ko Yesu azagaruka ku isi kujana abe muri uku kwezi kwa cyenda uyu mwaka wa 2025.

Ni ubuhanuzi yatanze ubwo yagiranaga ikiganiro na Cettwinz Tv yo muri Afrika y’Epfo, avuga ko Yesu agiye kugaruka muri uku kwezi kwa cyenda.

Joshua Mhlakela yanasabye abantu bose kwitegura, aho yagize ati: “Igihe cyo kuzamurwa kiri hafi, waba witeguye cyangwa utiteguye. Nabonye Yesu yicaye ku ntebe ye, numva avuga ati ndaje vuba.”

Yongera ati: “Yarambwiye ati ‘tariki 23 na 24 z’u kwezi kwa Cyenda uyu mwaka wa 2025,’ nzagaruka ku isi.”

Ibyatangajwe na pasitori Joshua Mhlakela byatumye abakristu benshi ba mwemera aho batangiye gukwirakwiza kumbuga nkoranyambaga ibyatangajwe na we, bavuga ko ibyo yavuze bishobora kuba byo ijana ku ijana.

Hari uwatanze ubutumwa bwinyandiko agira ati: “Umwana wanjye w’imyaka 10 na we aheruka kurota ibyerekeye kuzamuka ku itorero.”
Undi na we yongeraho ati: “Uyu mugabo ashobora kuba avuga ukuri. Yagize ati: “Ntabwo nsanzwe nkurikirana iby’ubuhanuzi, ariko Imana yansabye gukurikirana ibyatangajwe na pasitori Joshua Mhlakela.”

Abatabyemera na bo bavuze ko nta muntu n’umwe ushobora kumenya umunsi cyangwa isaha Yesu azagarukiraho, ati gusa igikwiye n’uko twohora twiteguye, kandi tugahora turi maso, ngo kuko umunsi n’isaha bizwi n’Imana yonyine.

Tags: KugarukaYesu
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma yo gusoma isengesho rya Angélus ku Cyumweru, Papa Léon XIV yahamagariye amahanga yose gusengera...

Read moreDetails

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu Olive Lembe Kabila, umugore wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC),...

Read moreDetails

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

by Bahanda Bruce
January 4, 2026
0
“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete Mu mateka y’intambara yabaye mu Buyapani, hakomeje kuvugwa inkuru ikora ku mitima ya benshi hirya no hino...

Read moreDetails

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

by Bahanda Bruce
January 1, 2026
0
Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza Mu butumwa bukomeye bwerekeye ubuhanuzi bw’umwaka wa 2026, Apôtre Dr Gitwaza yagarutse ku Ijambo...

Read moreDetails

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga Umuvugabutumwa w’Itorero Philadelphie, Bwana Bujiriri, yagaragaje intimba ikomeye n’umujinya wuzuye impungenge mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo bari gucamo, igira n’icyo isaba Leta ya RDC

HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y'Epfo bari gucamo, igira n'icyo isaba Leta ya RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?