• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in Religion
0
Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitunguranye umu-pasitori yabwiye abakristu be umunsi Yesu azagaruka

You might also like

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

Pasitori Joshua Mhlakela wo muri Afrika y’Epfo, nyuma y’aho yari agize igihe abwira abantu ko yabonye Yesu, yongeye kubatungura ababwira ko Yesu azagaruka ku isi kujana abe muri uku kwezi kwa cyenda uyu mwaka wa 2025.

Ni ubuhanuzi yatanze ubwo yagiranaga ikiganiro na Cettwinz Tv yo muri Afrika y’Epfo, avuga ko Yesu agiye kugaruka muri uku kwezi kwa cyenda.

Joshua Mhlakela yanasabye abantu bose kwitegura, aho yagize ati: “Igihe cyo kuzamurwa kiri hafi, waba witeguye cyangwa utiteguye. Nabonye Yesu yicaye ku ntebe ye, numva avuga ati ndaje vuba.”

Yongera ati: “Yarambwiye ati ‘tariki 23 na 24 z’u kwezi kwa Cyenda uyu mwaka wa 2025,’ nzagaruka ku isi.”

Ibyatangajwe na pasitori Joshua Mhlakela byatumye abakristu benshi ba mwemera aho batangiye gukwirakwiza kumbuga nkoranyambaga ibyatangajwe na we, bavuga ko ibyo yavuze bishobora kuba byo ijana ku ijana.

Hari uwatanze ubutumwa bwinyandiko agira ati: “Umwana wanjye w’imyaka 10 na we aheruka kurota ibyerekeye kuzamuka ku itorero.”
Undi na we yongeraho ati: “Uyu mugabo ashobora kuba avuga ukuri. Yagize ati: “Ntabwo nsanzwe nkurikirana iby’ubuhanuzi, ariko Imana yansabye gukurikirana ibyatangajwe na pasitori Joshua Mhlakela.”

Abatabyemera na bo bavuze ko nta muntu n’umwe ushobora kumenya umunsi cyangwa isaha Yesu azagarukiraho, ati gusa igikwiye n’uko twohora twiteguye, kandi tugahora turi maso, ngo kuko umunsi n’isaha bizwi n’Imana yonyine.

Tags: KugarukaYesu
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Freddy Kaniki yaciye Amarenga ku Mahoro mu Burasirazuba bwa RDC Freddy Kaniki, Umuhuza bikorwa wungirije w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP–Twirwaneho) akaba n’Umuyobozi w’umutwe wa MRDP–Twirwaneho, yavuze ku hazaza...

Read moreDetails

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga

Musenyeri Ngumbi Yashimiye AFC/M23 ku Mutekano, Abasabira Gukomeza Kuwubungabunga Musenyeri Willy Ngumbi Ngengele, Umushumba wa Diyosezi ya Goma, yashimiye byimazeyo ihuriro ry’AFC/M23 ku mutekano rimaze kugarura mu mujyi...

Read moreDetails

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Leo yasabiye Libani amahoro ku mva ya Mutagatifu Charbel, anasabira ubumwe bw’Abemera Mu ruzinduko rwe mu gihugu cya Libani, Papa Leo yasabiye amahoro igihugu cyibasiwe n’imyaka myinshi...

Read moreDetails

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine Mu rugendo rwe rwerekeza muri Libani avuye muri Turikiya,...

Read moreDetails

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

by Bahanda Bruce
November 30, 2025
0
Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque Papa Léon XIV, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yatanze urugero rw’ubwubahane n’ubworoherane bw’amadini ubwo yasuraga...

Read moreDetails
Next Post
HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y’Epfo bari gucamo, igira n’icyo isaba Leta ya RDC

HRW yavuze ku bibazo Abanyamulenge baherereye muri Kivu y'Epfo bari gucamo, igira n'icyo isaba Leta ya RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?