• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Bitunguranye,mugace ka Kitengera ho mugihugu ca Kenya, hasenywe Amazu arenga 500, harimo n’ay’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
October 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Isenywa ry’Amazu arenga magana atanu(500), harimo n’ay’Abanyamulenge, byavuzwe ko byakozwe m’uburyo butunguranye ko kandi habayemo ruswa m’ubuyaboyozi bwohejuru.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ir’isenywa ryabereye mugace ka County, y’itwa Machakos, n’akarere gatuwemo n’abo m’ubwoko bwa ba kamba, bakunze kuhita kandi Athiliver Mavoko, mugihugu ca Republika ya Kenya.

Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe ay’amakuru, n’uko ub’u butaka buriho amazu yasenywe, bwahoze bukondeshwa n’ishirahamwe ry’itwa Portland East Africa Cement. Ir’ishirahamwe ubukode (Contract) bwabo bwashize mu mwaka w’ 1998, maze haza gusubizwa Abaturage, arinabwo batangiye kuhagura ndetse n’ubuyobozi bwa County ya Machakos, bukahaheza Abaturage, murwego rwokuhateza imbere.

Ay’amakuru akomeza avuga ko, murico gihe aha hahise hubakwa
i Mihanda, hazanwa n’Umuriro ndetse batangira k’uhubaka Amashuri no gutanga ibyangombwa by’ibikorwa byose birimo kuhakorerwa, harimo Amavuriro, n’izindi Business z’isaba impapuro ziva muri leta.

Bityo Abanyamulenge n’andi moko aturuka muri ib’ i bihugu bigize Afrika y’iburasizuba ( East Africa), nk’Abanyarwanda, Abarundi, n’abo baje kuhayoboka bagura ibibanza byari bihagaze nko mubihumbi magana atanu ya ma shillings( 500.000ksh) kuri Plot ya 50/100 .

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko, haje kubakwa amazu yagatangaza urebye kumashusho kandi y’uburyo bwose bw’ubakwa kijambere(Etages, cadastre en etages n’izindi bita ama plot ageretse inzu zitanu cangwa zine z’ubucuruzi).

Ibi ngobyaje gukomeza haza kuza indi Sosiyete y’aba kamba, yitwa Aim Mima Rukenya, yashiriweho gukata ibibanza no kugurisha ibi banza. Ay’amakuru avuga ko yaje kuburanya Portland, inshuro zitatu(3) arinako iy’itsinda. K’ubujurire bwakane(4), n’ibwo umukuru w’igihugu William Ruto, yaje gusura agace ka Syokimau, kari mubilometre bike na Kitengera, yaje kuhavugira ijambo asaba ko bamuharira ico kibazo kijanye n’ibyo bibanza.

Ati: Ndasabako mwareka iki kibazo kijanye n’ibyo bibanza mwagiharira ubutegetsi bakabikemura.”

Y’unzemo kandi ati: “Nta muturage uza senyerwa n’ibinananirana hazaba kwicyara abantu bashakire hamwe uko bakemura ikibazo.”

Muburyo butunguranye perezida William Ruto, hashize iby’umweru bike ubwo yari yasuye kandi agace kubatsemo i Nganda, gahana imbibi n’ubu butaka buriho amazu yasenywe muri Athiriver subcount ya Machakos, agace kamamaye kw’izina rya EPZA Export Zone Authority, ubwo yafata ga ijambo ageze aha yagize ati :”Ahantu hose hateye imbere hagomba gusubizwa leta ikahakora ibikorwa remezo.”

Isoko yacu iha Minembwe Capital News, amakuru, yavuze ko
nyuma y’iyo mvugo ya perezida William Ruto, imodoka zishinzwe gusambura zahise zoherezwa zitangira gusenya ayo mazu y’umutamenwa.

Gusa byavuzwe ko Kaunti y’iganjemo Abakenya, kuri uyu wa Gatanu (5) w’i Cyumweru gishize ndetse no kuwa Mbere bariya basenyewe bagiye mu nkinko gusaba urubanza nuko hoba kureka gusenya, birangira inkiko z’ibateye utwatsi.
Ati: “I nkiko zanze ubusabe bwacu, batubwiye ko muri presidence havuye itegeko ritaduhangura guhagarika gusenya.”

Amazu yasenywe yose agera ibihumbi bitanu(5000), naho
atari ay’Abakenya, ubwo ni ukuvuga ay’Abanyamulenge, Abanyarwanda n’Abarundi, abarigwa mugihumbi kimwe(1000) ugereranije.

Hakaba hari abatarabona aho kuba nyuma y’uko basenyewe, kuri ubu basemberejwe mu miryango, abataragiye mu miryango basemberejwe muma Kanisa, nk’uko twabyiganiwe na bwana Gaston, uri mubasenyewe.

Bariya basenyewe bari gusaba ubufasha imiryango y’ita ku kiremwa Muntu.

Ati: “Urukiko rwanzuye ko Guverinoma, ntampozamarira bazatanga. Bavuga ko Sosiyete yatugurishijeho ibibanza ariyo izabazwa ibyo.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Abanyarwanda na BarundiBitunguranye mugace ka KitengeraHarimo n'ay'AbanyamulengeHasenywe Amazu arenga magana atanuKenya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

U Mujyi wa Kitshanga, kugeza ubu uragenzurwa na M23, naho Soseyete sivile yo yatangaje ko Kinshasa izaja gushiduka na Goma, yafashwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?