Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 4, 2024
in Regional Politics
0
Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa kuri Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, wa komeretse ukuguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe n’ishyaka rya Bobi Wine(NUP), aho ryavuze ko yakomerekejwe n’umupolis ubwo yari mu ihangana mu bice by’i Bulindo.

Uwitwa Najja Ssenyonjo yavuze ko uwo munyamuziki wa Pop wahindutse umunyapolitike bivugwa ko yarashwe kandi ko arimo kuvurirwa ku bitaro bya Nsambya byo mu murwa mukuru wa Kampala.

Yanavuze ko ibyo byabaye ubwo yari yerekeje i Bulindo , haherereye mu ntera y’ibirometro hafi 20 mu majyaruguru y’umujyi wa Kampala.

Mu itangazo rya shizwe hanze na Polisi ya Uganda yo muri ibyo bice icyo kibazo cyabereye, rivuga ko uwo munyamuziki wa hindutse umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi, yasitaye ubwo yashakaga kwinjira mu modoka ye, bikarangira akomeretse.

Amakuru avuga ko urubuga rwa x rwa Bobi Wine, rubinyujije ku mukuru w’ishyaka rya NUP(national unity platform), ni rwo rwatangaje aya makuru mbere, aho rwagize ruti: “HEBobiwine yarashwe mu kuguru na Polisi i Bulindo.”

Amashusho yashinzwe ku mbuga nkoranya mbaga, agaragaza uwo munyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi w’imyaka 42 arandaswe akurwa mu nyubako arimo kuva amaraso aho yakomeretse ku murundi w’ukuguru kw’ibumuso.

Polisi ivuga ko Bobi Wine yari yitabiriye igikorwa i Bulindo nuko nyuma yaho we n’itsinda rye bava mu modoka zabo batangira umutambagiro kugeza mu mujyi wa Bulindo.”

Ariko Polisi ikaba yari yabagiriye inama yo kutabikora. Noneho Bobi Wine yanga iyo nama nibwo Polisi yashatse kubuza uwo mutambagiro haba uguhangana.

Mu bushyamirane bwa kurikiyeho, bivugwa ko yagize ibikomere, nk’uko itangazo rya Polisi ribivuga.

Bobi Wine ni umwe mubakunzwe n’urubyiruko muri Uganda, yagiye anafungwa inshuro nyinshi. Mu mwaka w’ 2017 yatowe kuba mu nteko ishinga amategeko ya Uganda ndetse kandi yahatanye na perezida Yoweli Kaguta Museveni mu matora yo mu mwaka w’ 2021.

          MCN.
Tags: Bobi WineBulindoYakomeretse
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Kenya yagize icyavuga ku nama igiye guhuza Afrika n’u Bushinwa.

Perezida wa Kenya yagize icyavuga ku nama igiye guhuza Afrika n'u Bushinwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?