• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

minebwenews by minebwenews
May 16, 2025
in Regional Politics
0
Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo byateje impaka zikomeye muri Sena kugeza aho iyi Sena yarushe ishyiraho komisiyo ibigira iki gomba gukorwa kuri uwo mwanzuro.

Gushyiraho komisiyo ni umwanzuro wafatiwe mu nama ya Sena yateranye ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 15/05/2025, nyuma y’impaka zabaye hagati y’abashyigikiye kwambura ubudahangarwa Joseph Kabila nabatabishyigikiye.

Bivugwa ko muri iyi nama yabereye mu muhezo, abasenateri bacitsemo ibice aho hari n’abivumbuye bagahuguruka buri kanya basaba ijambo abandi bahitamo kwisohokera ibiganiro bitararangira.

Izo mpaka z’urudaca zatangijwe n’igitekerezo cyantanzwe na Senateri Christine Mwando Katempa, ku ngingo ya 2024 y’amategeko agenga imikorere ya Sena.

Kuko iyo ngingo isobanura ko umwanzuro wo kwambura cyangwa kutambura ubudahangarwa senateri w’ubuzima bwose ugomba gushyikirizwa inteko rusange ya kongere aho kuba mu nama rusange ya sena gusa.

Leta y’i Kinshasa ibinyujije ku bushinjacyaha bwayo, ishinja Kabila ibyaha birimo ubugambanyi, ubwicanyi, kuba mu mutwe w’igometse ku butegetsi, ibyaha by’intambara n’i by’ibasira inyokomuntu.

Ubutegetsi bwa Tshisekedi bukaba bushaka ko Kabila byanze bikunze yinjizwa muri gereza.

Ni mu gihe kandi no mu kwezi gushize, ubucamanza bwatangaje ko bwafatiye Kabila imitungo ye, aha hari nyuma yuko yariyavuzwe mu Burasizuba bwa Congo ahagenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23.

Tshisekedi ubwe wenyine, avuga ko Kabila ari we muntu wa mbere utera inkunga ikomeye umutwe wa M23 ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, rigamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwe.

Tags: Bombori bomboriKabilaKinshasaSena
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse kuri Marie ushinjwa gukora icyaha cyo kwica umuyobozi i Bukavu.

Ibyimbitse kuri Marie ushinjwa gukora icyaha cyo kwica umuyobozi i Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?