
Bombori bombori mubiro by’ingabo za EAC ziri mubutumwa bwa Mahoro Muri Eastern ya Drc.
Amakuru dukesha ikinyamakuru ca bafaransa Jeune Afrique, avuga kunyandiko zatoraguwe kubiro by’ingabo za EAC ziri muri Kivu yamajyaruguru, mumujyi wa Goma .
Izinyandiko zivuga kubakozi baba Sivile bagera kumubare wa Mirongwitanu(50), basanzwe bakorera izingabo , murizo nyandiko zigaragaza uburyo aba bakozi binubiye uburyo bafashwe mukazi ndetse nuburyo bahembwa nabi.
Zagaragaje kandi ko abo bakozi batangiye gukorera izongabo guhera mukwezi kwa 11 kumwaka wa 2022, ariko bamwe murabo bakozi bakaba badahembwa neza.
Ubwo Ministre w’ubanye n’a Mahanga wa Congo Kinshasa, Christophe Lutundula, igihe yabazwaga ikibazo kijanye nuko ingabo za EAC zihembwa yavuze ko Leta ye yatanze ibyo isabwa kurizo ngabo ariko ntiyagaragaza umubare wamahera babashe gutanga.
Ikindi nuko bikigoranye kuko umuryango wa EAC ingabo za Tanzanie zitagiye murubwo butumwa , iza Sudan Yepfo ni za Uganda, zikaba zitaremererwa n’a leta y’Ikinshasa kugira zije murubwo butumwa.
Naho iz’Urwanda zangiwe rugikubita