Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Botswana igiye kubaka umujyi ugezweho mu butayu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 30, 2025
in History
0
Botswana igiye kubaka umujyi ugezweho mu butayu.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Botswana igiye kubaka umujyi ugezweho mu butayu.

You might also like

Bidasubirwaho Magic yafunguwe.

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Leta ya Botswana yatangaje ko ifite umushinga wo kubaka umujyi wakataraboneka mu butayu bwa Kalahari.

Yavuze ko uwo mujyi iteganya kubaka muri buriya butayu buzwi nka Kalahari, uzaba urimo inganda z’amashyanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba afite 300 MW.

Aho kandi uzaba urimo n’imiyoboro y’amazi ihoraho kuburyo atazigera abura.

Sibyo gusa, kuko kandi nguzaba ufite imodoka zigezweho, n’udushya twikoranabuhanga.

Ndetse kandi ngo n’ubucuruzi, ariko bwo bukazaba bukorwa mu buryo bwo kurengera ibidukikije.

Leta ikavuga ko ibi igiye kubikora mu rwego rwo kugira ngo igabanye gukomeza kwishingikiriza ku mabuye y’agaciro ahacukurwa.

Guteza imbere ubukerarugendo, ubucuruzi, ikoranabuhanga n’ingufu zisubira.

Igateganya ko izatanga imirimo ku bantu bari hagati yi 20,000 na 30,000. Hazubakwa kandi n’amahotel n’ahantu h’imyidagaduro.

Ibi kandi birushaho kuzamura Afrika gukomeza kujya imbere no kuba iyi gikundiro kuba yigana bose.

Tags: AkatarabonekaBotswanaKalahari desertUmujyi
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Bidasubirwaho Magic yafunguwe.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Bidasubirwaho Magic yafunguwe.

Bidasubirwaho Magic yafunguwe. Magic Serugo, warufungiwe muri gereza ya Ndolo iherereye i Kinshasa ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yafunguwe. Muri 2020 ahagana mu mpera...

Read moreDetails

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

Habaye imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n'Ingabo za RDC.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?