• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Brussel hateraniye i nama yahuriyemo perezida w’u Rwanda n’uwa RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 9, 2025
in Regional Politics
0
Brussel hateraniye i nama yahuriyemo perezida w’u Rwanda n’uwa RDC
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Brussel hateraniye i nama yahuriyemo perezida w’u Rwanda n’uwa RDC

You might also like

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

I Brussel mu Bubiligi kimwe mu bihugu byo ku mugabane w’u Burayi, hateraniye i nama yahuriyemo abakuru b’ibihugu batandukanye barimo n’uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’uwa Repubulika y’u Rwanda.

Iyi nama nk’uko amakuru abivuga n’iya kabiri, ikaba yarahawe izina rya “global gateway forum.” Iratangira kuri uyu wa kane tariki ya 09 ikazarangira ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 10/10/2025.

Ni nama bivugwa ko igamije kwiga uko isi yarushaho kwegerana, no gukemura ibibazo bitandukanye bishingiye ku bukungu.

Abakuru b’ibihugu byayitabiriye ku nshuro ya kabiri igiye kuba, baraganira uko bateza kandi imbere kurushaho kwegerana kw’abatuye isi mu gihe hari ibibazo bishingiye kuri politiki n’imbogamizi zikomeye mu bukungu.

Iyi nama ihuza abayobozi bo ku rwego rwo hejuru bahagarariye ibihugu byabo, abikorera, abahagarariye imiryango yigenga bakaganira uko ibihugu byarushaho gufatanya mu iterambere.

Mu bakuru b’ibihugu bayitabiriye barimo perezida Felix Tshisekedi wa RDC wageze i Bruxelles aho iri kubera ku wa gatatu tariki ya 08/10/2025.

Barimo kandi na perezida Paul Kagame w’u Rwanda na we wayigezemo kuri uyu wa kane, akaba asanzwe adacana uwaka na Tshisekedi.

Ahanini ibibazo byabo bishingiye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuko buri ruhande rushinja urwabo gushigikira ururwanya burumwe.

Kagame kandi wageze mu Bubiligi, igihugu cye cyacanye umubano nabwo ki bushinja gufata uruhande mu bibazo biri muri iki gihugu cya RDC.

Ntibizwi niba ibyo bibazo biza kuganirwaho, ariko bigaragara ko iby’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC bitarekwa kuganirwaho, kubera ko biri mu bihangayikishije isi.

Tags: I BrusselInamaKagameTshisekedi
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida...

Read moreDetails

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

Bidasubirwaho Tshisekedi avuye ku izima asaba imbabazi u Rwanda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?