• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2025
in World News
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

You might also like

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

MuhammaduBuhari wabaye umukuru w’igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk’uko amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no hanze yacyo.

Mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ni bwo uyu wahoze ari perezida wa Nigeria yitabye Imana.

Amakuru avuga ko Buhari yaguye i Londres mu Bwongereza, aho yari amaze iminsi itari mike avurirwa.

Umwe mu bari bamurwaje i Londres mu Bwongereza witwa Peter Obi, yavuze ko ari igihe gikomeye kubanya Nigeria n’inshuti zayo.

Peter Obi wigeze kubaho umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, yihanganishije umuryango wa Buhari n’igihugu cyose muri rusange.

Yakomeje avuga ko aya makuru ababaje, anavuga ko uyu wahoze ari perezida yari umuntu witwaraga neza mubuzima bwe bwose yabayeho hano ku Isi.

Yagize ati: “Urupfu rwe ni ikintu gikomeye bitari ku muryango we gusa, ahubwo ni ku gihugu cyose.”

Yongeyeho asabira umuryango wa Buhari n’Abanyanigeriya bose.

Ati: “Allah ushobora byose, ubane na burumwe wite cyane ku muryango we, kandi uhembe imirimo Buhari yakoreye muri iki gihugu cyacu cya Nigeria.”

Yongeye ati: “Umuhe n’iruhuko ridashyira muri Aljannatul Firdaus.”

Buhari witabye Imana ku myaka 82 y’amavuko, ni we wabaye perezida wa mbere muri Nigeria atsinze perezida wari uri ku butegetsi ubwo yatorwaga mu 2015, ayobora igihugu cye mu bihe bikomeye by’ubukungu bubi cyane ndetse no mu rugamba rukomeye rwo guhangana n’iterabwoba.

Tags: BuhariLondresNigeriaPerezidaYitabye Imana
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

by minebwenews
August 21, 2025
0
Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe.

Muri Gaza abana babarirwa mu bihumbi baguye mu bitero byahagabwe. Abana babarirwa mu bihumbi 19 biciwe mu ntambara ihanganishije Israel na Hamas mu ntara ya Gaza mu Burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?