Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 14, 2025
in World News
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

You might also like

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

MuhammaduBuhari wabaye umukuru w’igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk’uko amakuru akomeje gutangazwa n’ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no hanze yacyo.

Mu gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 13/07/2025, ni bwo uyu wahoze ari perezida wa Nigeria yitabye Imana.

Amakuru avuga ko Buhari yaguye i Londres mu Bwongereza, aho yari amaze iminsi itari mike avurirwa.

Umwe mu bari bamurwaje i Londres mu Bwongereza witwa Peter Obi, yavuze ko ari igihe gikomeye kubanya Nigeria n’inshuti zayo.

Peter Obi wigeze kubaho umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, yihanganishije umuryango wa Buhari n’igihugu cyose muri rusange.

Yakomeje avuga ko aya makuru ababaje, anavuga ko uyu wahoze ari perezida yari umuntu witwaraga neza mubuzima bwe bwose yabayeho hano ku Isi.

Yagize ati: “Urupfu rwe ni ikintu gikomeye bitari ku muryango we gusa, ahubwo ni ku gihugu cyose.”

Yongeyeho asabira umuryango wa Buhari n’Abanyanigeriya bose.

Ati: “Allah ushobora byose, ubane na burumwe wite cyane ku muryango we, kandi uhembe imirimo Buhari yakoreye muri iki gihugu cyacu cya Nigeria.”

Yongeye ati: “Umuhe n’iruhuko ridashyira muri Aljannatul Firdaus.”

Buhari witabye Imana ku myaka 82 y’amavuko, ni we wabaye perezida wa mbere muri Nigeria atsinze perezida wari uri ku butegetsi ubwo yatorwaga mu 2015, ayobora igihugu cye mu bihe bikomeye by’ubukungu bubi cyane ndetse no mu rugamba rukomeye rwo guhangana n’iterabwoba.

Tags: BuhariLondresNigeriaPerezidaYitabye Imana
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe.

Perezida wa Iran yakomerekeye mu gitero gikaze Israel yagabye iwe. Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yakomerekeye mu gitero igisirikare cya Israel cyagabye i Tehran ku murwa mukuru w'iki...

Read moreDetails

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze. Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo. Ni ibitero iki gisirikare...

Read moreDetails

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Umwe mu bakuru b'ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n'uburyo azabikora. Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na...

Read moreDetails

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

by minebwenews
July 9, 2025
0
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

In a bold move to prioritize authenticity and creativity, YouTube has announced a significant update to its YouTube Partner Program (YPP) monetization policies, effective July 15, 2025. The...

Read moreDetails
Next Post
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?