• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

minebwenews by minebwenews
May 13, 2025
in Conflict & Security
0
Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Burundi: Mu kinyabufura abaturanyi bamusabye kubaha amahoro, uwo ni ushinzwe umutekano ubisabwa.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Umugabo uheruka guhabwa akazi ku busekirite mu nkambi y’i mpunzi ya Musasa iherereye mu ntara ya Ngonzi mu gihugu cy’u Burundi, abayirimo bamusabye kubaha amahoro.

Bikubiye mu butumwa bw’amajwi n’uburi mu nyandiko abari i Musasa bahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ni nyuma y’aho uwitwa Sadoki Kandida ukora akazi ku busekirite akomeje ku babangamiye ku kigero kiri hejuru cyane.

Nubwo abatanze ubwo butumwa badashaka kwimenyekanisha ku mpamvu z’umutekano wabo, ariko mu butumwa bwabo bagaragaza ko uriya musekirite ababangamiye cyane.

Ubutumwa bwabo butangira bugira buti: “Turabasuhuje, twebwe dutuye i Musasa mu nkambi. Turifuza ko wo tambutsa ubutumwa bwacu mu makuru kuko tubangamiwe cyane n’Umugabo uheruka guhabwa akazi ku busekirite hano mu nkambi. Yitwa Kandida ni uwo mu muryango wa Badinzi ni Umunyamulenge.”

Ubu butumwa bunagaragaza ko Kandida atari we ukora ako kazi ku busekirite wenyine, hubwo ko agakorana n’abandi Banyamulenge batatu ndetse n’abandi basore bo mu bwoko bw’Abafulero. Ariko ko uyu Kandida ari we ubabangamiye impunzi wenyine, kandi ko ahanini abangamira abo mu bwoko bwabo Abanyamulenge.

Bagasobanura ko nyuma y’isaha zitatu z’ijoro nk’uko amategeko y’inkambi abiteganya, mu gihe agize uwo asanga imbere y’urugo rwiwe cyangwa hirya yarwo, abahana kimwe bose, kuko ahita abajana gufungirwa muri kasho y’igipolisi iraho hafi.

Banatanze n’urugero bavuga ko kuri ubu afungishije abantu barindwi, barimo Abanyamulenge batandatu, mu gihe uwo mubwoko bw’Abafulero we ari umwe gusa.

Ati: “Si ukuvuga ngo Abanyamulenge nibo batumvira gusa, hubwo abafungisha nkana. Twaramwigishije ariko yaratunaniye.”

Ndetse banavuze ko umusore w’Umunyamulenge yaraye afungishije mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 13/05/2025, ko yamusanze imbere y’ubwiherero( toilet) yagiye kwihagarika. Ibi bikaba bikomeje kuzamura imyivumbagatanyo ku mpuzi ziri muri iyi nkambi y’i Musasa.

Bityo, bagasaba ubuyobozi bw’i nkambi n’ubwa Leta, ndetse n’abavandimwe ba Kandinda kumugira inama agatanga amahoro ku mpunzi kuko zifite ibibazo byisnhi biziraje inshinga.

Ati: “Ubutumwa bwacu ni ukugira ngo ubuyobozi bwo hejuru bumenye aya makuru, ndetse kandi Kandida afite n’abavandimwe be bari kure n’abari hafi bamugire inama aduhe umutekano. Turifuza gutekana kuko ibibazo dufite n’ibyinshi, n’ibyubuhunzi byonyine biraturuhije.”

Tags: AbaturanyiamahoroKandindaMusasa
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Afrika y’Epfo yavuze kuri mugenzi we w’u Rwanda Kagame.

Perezida wa Afrika y'Epfo yavuze kuri mugenzi we w'u Rwanda Kagame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?