• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bwa mbere umutwe wa M23, utangaje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Bwa mbere umutwe wa M23, utangaje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bwa mbere umutwe wa M23 utangaje ko ugiye gushiraho iherezo rya nyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Nk’uko biri, ibi bya tangajwe bwa mbere n’umutwe wa AFC wa Corneille Nangaa, ubwo yari amaze gushira ku mugaragaro umutwe wa politike yise “Alliance Fleuve Congo,” ukaba waravutse mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, avugako ugamije gushiraho “akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

Muriki Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/01/2024, umuvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize inyandiko hanze zamagana ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, avuga ko basahuye ibya baturuge ko ndetse bakomeje gutera abaturage ubwoba maze avuga ibyo bari gukora M23 itazakomeza ku byi hanganira ko ahubwo bagiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa

Yagize ati: “Turaburira amahanga n’Imiryango y’imbere mu gihugu, ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC ndetse n’Ingabo z’u Burundi, intambara ya bananiye bakaba bahisemo gutera aba Sevile ubwoba bakoresheje gutera ibisasu biremereye aho batuye.”

“Muriki Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, isaha ya saakenda basahuye ibya baturuge bashimuta abantu 12, barimo abashoferi n’abacuruzi. Abashimuswe bavaga Butembo berekera Goma.”

“Kuri ubwo twi yemeje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa ‘mashetani,’ aribwo butegetsi bwa Kinshasa. Bityo rero Turahamagarira urubyiruko rw’Abanyekongo n’abanyapolitike, imiryango itegamiye kuri leta, abagabo n’abagore Abacuruzi n’abandi kuyoboka AFC, kugira twirukane ubutegetsi bu bi.”

Ibi abivuze mugihe k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 22/01/2024, abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bavuzweho gutsindwa bikomeye, ni mu mirwano yahuzaga M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, yabereye mubice bya Karuba, no mu nkengero zaho muri teritware ya Masisi no mubice bya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tu bibutseko umutwe wa politike wa Corneille Nangaa, ukorana by’ahafi na M23.

Bruce Bahanda.

Tags: M23Yatangaje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kigali, y’amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Leta ya Kigali, y'amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?