• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bwa mbere umutwe wa M23, utangaje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Bwa mbere umutwe wa M23, utangaje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bwa mbere umutwe wa M23 utangaje ko ugiye gushiraho iherezo rya nyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Nk’uko biri, ibi bya tangajwe bwa mbere n’umutwe wa AFC wa Corneille Nangaa, ubwo yari amaze gushira ku mugaragaro umutwe wa politike yise “Alliance Fleuve Congo,” ukaba waravutse mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, avugako ugamije gushiraho “akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

Muriki Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/01/2024, umuvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yashize inyandiko hanze zamagana ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, avuga ko basahuye ibya baturuge ko ndetse bakomeje gutera abaturage ubwoba maze avuga ibyo bari gukora M23 itazakomeza ku byi hanganira ko ahubwo bagiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa

Yagize ati: “Turaburira amahanga n’Imiryango y’imbere mu gihugu, ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC ndetse n’Ingabo z’u Burundi, intambara ya bananiye bakaba bahisemo gutera aba Sevile ubwoba bakoresheje gutera ibisasu biremereye aho batuye.”

“Muriki Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, isaha ya saakenda basahuye ibya baturuge bashimuta abantu 12, barimo abashoferi n’abacuruzi. Abashimuswe bavaga Butembo berekera Goma.”

“Kuri ubwo twi yemeje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa ‘mashetani,’ aribwo butegetsi bwa Kinshasa. Bityo rero Turahamagarira urubyiruko rw’Abanyekongo n’abanyapolitike, imiryango itegamiye kuri leta, abagabo n’abagore Abacuruzi n’abandi kuyoboka AFC, kugira twirukane ubutegetsi bu bi.”

Ibi abivuze mugihe k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 22/01/2024, abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, bavuzweho gutsindwa bikomeye, ni mu mirwano yahuzaga M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC na SADC, yabereye mubice bya Karuba, no mu nkengero zaho muri teritware ya Masisi no mubice bya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tu bibutseko umutwe wa politike wa Corneille Nangaa, ukorana by’ahafi na M23.

Bruce Bahanda.

Tags: M23Yatangaje gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kigali, y’amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Leta ya Kigali, y'amaganye ibiheruka gutangazwa na perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?