
François Nsabigaba n’iwe watambutse kumajwi ijana kwijana kubuyobozi bwa Mutualité Banyamulenge i Nyangezi homuri Kivu yamajy’Epfo .
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 18/07/2023, saa 10:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
I Nyangezi mubice bya Bukavu homuri Kivu yamajy’Epfo, Mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, Abanyamulenge batoye ubuyobozi bubahagarariye.
N’ubuyobozi bukunze kw’itwa “Mutualité.” Ubu buyobozi bugira manda y’imyaka ibiri (2), nkuko tubikesha bamwe mubayobozi batowe murako gace. Ikindi nuko ubu buyobozi mugihe baba bamaze kw’imikwa bahagarira Abanyamulenge baba batuye muri kagace kose.
Kuruyu wa Kabiri, tariki 18/07/2023, n’ibwo habaye amatora murako gace namatora arangiye mumasaha y’umugoroba, aya matora akaba asize François Nsabigaba, atambutse kurubwo buyobozi aho atsimbuye bwana Museveni Olivier, nawe warumaze imyaka ibiri kurubwo buyobozi.
Perezida watambutse akaba afite ekipe yabo bazakorana bagera muri batandatu (6). N’ubuyobozi bugira ibyiciro bibiri: 1. Komite Nyobozi irimo “Perezida n’a Visi we ndetse n’u Mwanditsi.”
- Iciciro cya kabiri kirimo Komite njy’Anama irimo abantu batatu.
Uwatambutse kuba Perezida ni : Français Nsabigaba, watambukanye amajwi ijana kwijana.
Visi we akaba ari : Olivier Ndahanyi Nzabategaka.
Umwanditsi ni: Éric Runyambo.
Abajanama, ni batatu(3):
- Sebineza Rukumbuzi.
- Byishimo Nzamu.
- Gasore Mabondo.