• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Byakaze, i Fizi Abapfulero n’Ababembe basubiranyemo baramarana.

minebwenews by minebwenews
April 15, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC, FDLR na Wazalendo bagabye ibitero bikomeye ku Banyamulenge.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, i Fizi Abapfulero n’Ababembe basubiranyemo baramarana.

You might also like

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko Mai Mai y’Abapfulero n’iy’Ababembe byasubiranyemo baricyana kubi.

Ahagana igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 15/04/2025, ni bwo urusaku rw’imbunda rwatangiye kumvikana hagati ya Mai y’uruhande rw’Abapfulero n’iyo mu ruhande rw’Ababembe.

Mai Mai yo mu ruhande rw’Ababembe ikaba iyobowe n’uwiyita General Hamuri Yakutumba, mu gihe iyo mu ruhande rw’Abapfulero nayo iyobowe na Colonel Ngomanzito.

Amakuru akavuga ko imirwano y’izi mpande zombi yabereye ahitwa i Manga, aha akaba ari mu gace ka Ubwari gaherereye mu ntera ngufi uvuye mu mujyi wa Baraka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Isubiranamo ry’izi mpande zombi nk’uko amakuru yatanzwe n’Abapfulero akomeza avuga, uruhande rwa Gen.Hamuli Yakutumba rwatakaje babiri abandi babiri barapfa, mu gihe kurundi ruhande rwo kwa Ngomanzito ntakiramenyakana.

Nanone kandi andi makuru yo ku ruhande yemeza ko impande zombi bicanye baramarana, kandi ko hapfuye ababarirwa mu mirongo ku mpande zombi mu gihe ababarirwa mu magana bo bakomeretse.

Icyongeyeho iri subiranamo hagati y’abarwanyi bayobowe na Colonel Ngomanzito n’abayobowe na Gen.Hamuri Yakutumba, ryatumye abaturage benshi baherereye muri ibyo bice byaberagamo imirwano bahunga ku bwinshi, aho benshi berekezaga i Baraka abandi n’abo nanone bakerekeza mu bindi bice bitabereyemo imirwano byo muri Fizi.

Iri subiranamo rya Mai Mai, rije rikurikira n’ubundi indi mirwano yabaye mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka, hagati y’abarwanyi bo kwa Hamuri Yakutumba n’abo kwa General Ebuela Tresor Mutetezi nawe ukomoka mu bwoko bw’Ababembe.

Iyi mirwano ikaba ari yo yasize ihitanye ubuzima bwa General Tresor Mutetezi Ebuela. Nayo ikaba yarabereye mu bice biherereye hagati ya zone Fizi n’umujyi wa Baraka.

Tags: FiziIsubiranamoMai Mai
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake

Ebola yongeye kwa duka muri RDC ikaba inamaze guhitana abatari bake Icyorezo cya Ebola cyongeye kwa duka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba imaze no guhitana abantu...

Read moreDetails

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n'u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo bo mu misozi ya Uvira baheruka gutera umugongo Leta y’i Kinshasa basobanuye impamvu.

Wazalendo bo mu misozi ya Uvira baheruka gutera umugongo Leta y'i Kinshasa basobanuye impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?