• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

minebwenews by minebwenews
May 8, 2025
in World News
0
Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, mu kirekire cya Pakistan nta ndege zikigicamo..

You might also like

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Sosiyete z’indege zitandukanye zahagaritse ingendo zazo zacaga mu kirere cya Pakistan nyuma yuko rwongeye kwambikana hagati y’ingabo z’iki gihugu n’iz’u Buhinde, kubera abantu baheruka kwicirwa mu gace ka Kashimir ko mu Buhinde.

Mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira ku wa gatatu ni bwo habaye kurwana hagati ya Pakistan n’u Buhinde.

Isosiyete ya Air France yatangarije ibinymakuru ko yahagaritse ingendo zayo zica muri Aziya y’Amajyepfo kubera intambara yongeye kuvuka hagati ya Pakistan n’u Buhinde.

Ivuga ko yatangiye guca mu bindi bihugu mu rwego rwo kugira ngo yirindire umutekano.

Ibi kandi byatangajwe na sosiyete y’indege y’u Buhinde, Lufthansa, na yo yatangarije ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, ko yahagaritse ingendo zayo zica mu kirere cya Pakistan, ivuga ko niyongera gusubukura guca muri iki kirere izabitangaza.

Nibyabaye nyuma y’urupfu rw’abakerarugendo 26 bishwe n’inyamanswa ubwo bari bageze mu gace ka Kashimir, impande zihanganye zitana bamwana.

U Buhinde bwahise bushinja Pakistan icyo gitero, buvuga ko ifite umuco wo gushyigikira inyashyamba, ariko Pakistan ibitera utwatsi ivuga ko ntaho ihuriye n’icyo gitero hubwo ibyegeka ku Buhinde.

Kuva ubwo hahise haba ukutumvukana gukomeye hagati y’izi mpande zombi.

Ibya natumye u Buhinde bugaba iki gitero cyakozwe ahar’ejo mu rwego rwo kwihorera. Ariko u Buhinde bugitakarizamo abagera ku 15 mu gihe ku rundi ruhande ntabaramenyekana boba barakiguyemo.

Amakuru agaragaza ko sosiyete z’indege nka Swiss international Air Line, British Airways, na Emirates zahinduye ingendo zazo ubu ziri guca mu kirere cy’inyanja y’Abarabu zikabona kwerekeza mu majyaguru y’umujyi wa wa Delhi, zikirinda guca muri Pakistan.

Tags: IngendoPakistanSosiyete z'indegeU Buhinde
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails
Next Post
Akabi ngo gasekwa nka keza, ibyagaragaye i Uvira ni agahomeramunwa.

Hatanzwe umucyo ku masasu yarasiwe i Uvira mu ijoro ryaraye rikeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?