• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

minebwenews by minebwenews
May 25, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Igisirikare cya Uganda kizwi nka UPDF cyahagaritse umubano wacyo n’u Budage, nyuma yo kubushinja gukorana n’imitwe y’inyeshyamba irwanya iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuvugizi wagateganyo w’Ingabo za Uganda, Colonel Chris Magezi, aho yatangaje ko u Budage bushigikiye imigambi mibi y’abarwanya Leta y’i Kampala.

Nk’uko Colonel Chris Magezi abivuga nuko amakuru bakesha iperereza ry’igisirikare cyabo, abahamiriza ko Ambasaderi Mathias Schauer w’u Budage i Kampala, ashigikiye ibikorwa by’abarwanya ndetse bashaka gukuraho ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Miseveni w’iki gihugu.

Ati: “Dufite amakuru yo mu iperereza, ahamya ko Mathias Schauer Ambasaderi w’u Budage hano i Kampala, ashigikiye ibikorwa by’abarwanya ndetse bashaka gukuraho ubutegetsi bw’iki gihugu.”

Kugeza ubu yaba u Budage cyangwa Ambasaderi wabwo ushinjwa iyo migambi mibi yo guhungabanya umutekano wa Uganda ntacyo barabivugaho.

Kimwecyo, ibyo bibaye mu gihe ibinyamakuru byinshi byo muri Uganda n’ibyo hanze yayo, bigize iminsi bitangaza ko muri iki gihugu hari kuvuka imitwe yitwaje imbunda ishaka gukuraho ubutegetsi buriho.

Perezida Miseveni, uri ku ngoma kuri none, yayigiyeho mu mwaka wa 1986, nyuma yo kurwanya ubutegetsi bwariho icyo gihe akabutsinda. Bivuze ko amaze imyaka 39 ayoboye iki gihugu.

Tags: U BudageUmubanoUPDF
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?