Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 25, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

You might also like

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR.

Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

Igisirikare cya Uganda kizwi nka UPDF cyahagaritse umubano wacyo n’u Budage, nyuma yo kubushinja gukorana n’imitwe y’inyeshyamba irwanya iki gihugu.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’umuvugizi wagateganyo w’Ingabo za Uganda, Colonel Chris Magezi, aho yatangaje ko u Budage bushigikiye imigambi mibi y’abarwanya Leta y’i Kampala.

Nk’uko Colonel Chris Magezi abivuga nuko amakuru bakesha iperereza ry’igisirikare cyabo, abahamiriza ko Ambasaderi Mathias Schauer w’u Budage i Kampala, ashigikiye ibikorwa by’abarwanya ndetse bashaka gukuraho ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Miseveni w’iki gihugu.

Ati: “Dufite amakuru yo mu iperereza, ahamya ko Mathias Schauer Ambasaderi w’u Budage hano i Kampala, ashigikiye ibikorwa by’abarwanya ndetse bashaka gukuraho ubutegetsi bw’iki gihugu.”

Kugeza ubu yaba u Budage cyangwa Ambasaderi wabwo ushinjwa iyo migambi mibi yo guhungabanya umutekano wa Uganda ntacyo barabivugaho.

Kimwecyo, ibyo bibaye mu gihe ibinyamakuru byinshi byo muri Uganda n’ibyo hanze yayo, bigize iminsi bitangaza ko muri iki gihugu hari kuvuka imitwe yitwaje imbunda ishaka gukuraho ubutegetsi buriho.

Perezida Miseveni, uri ku ngoma kuri none, yayigiyeho mu mwaka wa 1986, nyuma yo kurwanya ubutegetsi bwariho icyo gihe akabutsinda. Bivuze ko amaze imyaka 39 ayoboye iki gihugu.

Tags: U BudageUmubanoUPDF
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Auto Draft

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR. U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko bitangaje kubona guverinoma ya Kinshasa...

Read moreDetails

Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu.

Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu. Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aza kubusigira Felix Tshisekedi, yamusabye ko asenya umutwe w'iterabwoba...

Read moreDetails

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Imirwano ikomeye yakomeje hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za Congo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?