• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakomeye, Kabila yiswe Umunyarwanda.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in Regional Politics
0
Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakomeye, Kabila yiswe Umunyarwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rya UDPS, rirashinja Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuri cengeramo, kandi ngo ari Umunyarwanda.

Ni amagambo yatangajwe n’umunyabanga mukuru w’iri shyaka rya UDPS, Augustin Kabuya, aho yavuze ko Kabila ari Umunyarwanda wacengeye iri shyaka ryabo.

Ni mu gihe yasubizaga ibiheruka gutangazwa na Joseph Kabila tariki ya,23/05/2025. Kabuya yavuze ko hari abantu bo mu miryango yabo biciwe mu myigaragambyo yabaye mu 2016 na 2018 igihe cya Joseph Kabila.

Avuga ko uretse kuba Kabila yarahaye akazi abantu kujya kwica abigaragambyaga, hari na bo muri UDPS yahaye ubutumwa bwo guteza umwiryane muri iri shyaka, mu gihe yari ku butegetsi.

Uyu munyamabanga wa UDPS, yasobanuye ko kwiyegereza Kabila bitari bigamije ubucuti hagati ya UDPS na PPRD, hubwo ko byari uburyo bwo kumwoshya mbere yo kwambura FCC ububasha yari ifite muri Leta.

Aha ni ho yahise atangaza ko Joseph Kabila atari Umunye-Kongo, avuga ko kugeza n’ubu bakimugiraho ikibazo, ati: “Kabila akwiye kureka Abanye-Congo kuko baracyamugiraho ikibazo. Ni Umunyarwanda kandi ni umukozi wabo.”

Yanavuze ko Kabila ijambo aheruka kuvuga yari cishije ku muyoboro w’u Rwanda.

Gusa, ibyatangajwe na Kabuya si ukuri, kuko nta muyoboro w’u Rwanda yarinyujijeho, hubwo ryatambutse ku muyoboro mushya wa YouTube witwa “Reconstruire RDC.”

Leta y’i Kinshasa yakunze kwambura ubwenegihugu ku batavuga rumwe hashingiwe ku mpamvu z’ibinyoma ni yo turufu Leta y’iki gihugu ikunze gukoresha.

Iyi Leta yatangiye kwibasira Joseph Kabila bikomeye nyuma y’aho mu kwezi kwa kane uyu mwaka wa 2025, bivuzwe ko uyu munyapolitiki usanzwe ari Senateri, yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Goma ugenzurwa na AFC/M23.

Kabila yatangaje ko nta munyekongo ukwiye kuryozwa kuganira na bagenzi babo, asobanura ko atigeze ajya i Goma mu kwezi kwa kane.

Ihuriro rya AFC/M23 rigenzura umujyi wa Goma mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, ryatangaje ko Kabila yasesekaye muri uyu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Congo.

Tags: KabilaUmunyarwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

Ibyo Ingabo z'u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?