• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakomeye, Kabila yiswe Umunyarwanda.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in Regional Politics
0
Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakomeye, Kabila yiswe Umunyarwanda.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ishyaka riri ku butegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rya UDPS, rirashinja Joseph Kabila wayoboye iki gihugu kuri cengeramo, kandi ngo ari Umunyarwanda.

Ni amagambo yatangajwe n’umunyabanga mukuru w’iri shyaka rya UDPS, Augustin Kabuya, aho yavuze ko Kabila ari Umunyarwanda wacengeye iri shyaka ryabo.

Ni mu gihe yasubizaga ibiheruka gutangazwa na Joseph Kabila tariki ya,23/05/2025. Kabuya yavuze ko hari abantu bo mu miryango yabo biciwe mu myigaragambyo yabaye mu 2016 na 2018 igihe cya Joseph Kabila.

Avuga ko uretse kuba Kabila yarahaye akazi abantu kujya kwica abigaragambyaga, hari na bo muri UDPS yahaye ubutumwa bwo guteza umwiryane muri iri shyaka, mu gihe yari ku butegetsi.

Uyu munyamabanga wa UDPS, yasobanuye ko kwiyegereza Kabila bitari bigamije ubucuti hagati ya UDPS na PPRD, hubwo ko byari uburyo bwo kumwoshya mbere yo kwambura FCC ububasha yari ifite muri Leta.

Aha ni ho yahise atangaza ko Joseph Kabila atari Umunye-Kongo, avuga ko kugeza n’ubu bakimugiraho ikibazo, ati: “Kabila akwiye kureka Abanye-Congo kuko baracyamugiraho ikibazo. Ni Umunyarwanda kandi ni umukozi wabo.”

Yanavuze ko Kabila ijambo aheruka kuvuga yari cishije ku muyoboro w’u Rwanda.

Gusa, ibyatangajwe na Kabuya si ukuri, kuko nta muyoboro w’u Rwanda yarinyujijeho, hubwo ryatambutse ku muyoboro mushya wa YouTube witwa “Reconstruire RDC.”

Leta y’i Kinshasa yakunze kwambura ubwenegihugu ku batavuga rumwe hashingiwe ku mpamvu z’ibinyoma ni yo turufu Leta y’iki gihugu ikunze gukoresha.

Iyi Leta yatangiye kwibasira Joseph Kabila bikomeye nyuma y’aho mu kwezi kwa kane uyu mwaka wa 2025, bivuzwe ko uyu munyapolitiki usanzwe ari Senateri, yagiriye uruzinduko mu mujyi wa Goma ugenzurwa na AFC/M23.

Kabila yatangaje ko nta munyekongo ukwiye kuryozwa kuganira na bagenzi babo, asobanura ko atigeze ajya i Goma mu kwezi kwa kane.

Ihuriro rya AFC/M23 rigenzura umujyi wa Goma mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, ryatangaje ko Kabila yasesekaye muri uyu mujyi wa Goma ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Congo.

Tags: KabilaUmunyarwanda
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Ingabo z’u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

Ibyo Ingabo z'u Burundi zahuriye nabyo mu Bijabo ntizizabyibagirwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?