Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byamenyekanye ko abasirikare b’u Burundi bakabakaba 150 baheruka kuburirwa irengero muntanbara iheruka yabahuje na M23 mu kibaya cya Kibumba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 15, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe u mutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa k’u munsi w’ejo hashize, tariki 14/11/2023, berekanye abasirikare b’u Burundi wafashe mpiri na none kandi haravugwa ko abasirikare b’u Burundi basaga 150 ba buriwe irengero muntambara barimo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe mubasirikare b’u Burundi utashatse kwivuga izina uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru yabwiye Minembwe Capital News, ko bariya basirikare b’u Burundi baheruka kwerekanwa ko bafashwe mpiri muntambara yo kw’itariki 05/11/2023, yabahuzaga na M23 munkengero z’u Mujyi wa Kitshanga, ubwo barwanaga muduce duherereye mu bilometre 8 n’uriya Mujyi.

Uriya musirikare yakomeje avuga ko harinabandi basirikare bapfuye benshi muribo abo bamwe bashinguwe i Kibumba muri teritware ya Nyiragongo abandi bagera kw’icumi na batanu (15), bajana imiribiri(ibiziga) yabo kuyishingurira i Burundi.

Yaje no kuduhamiriza ko abasirikare bakabakaba 150 b’u Burundi ko baburiwe irengero. Ubwo yabyiganiraga Minembwe Capital News, yahamije ko bariya basirikare 150 babuze ubwo bari m’urugamba rwabereye mu Kibaya cya Kibumba, bivugwa ko iyo mirwano yabaye murikiriya Cyumweru gishize.

Kibumba nimwe mu ma grupema manini agize teritware ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kibumba centre iherereye mu bilometre bi barirwa 12 n’u Mujyi wa Goma.

Mubasirikare b’u Burundi berekanwe k’u munsi w’ejo ko bafashwe mpiri bavuze ko babwiko baje muri RDC kurwanya Abanyarwanda ariko ngo bamaze kugera k’ubutaka bwa RDC basanze abahatuye bose ari abanyekongo.

Kuba u mutwe wa M23 warafashe mpiri abasirikare b’u Burundi n’aba FARDC ndetse na FDLR ngobiri mubintu bikomeje kwambika ubusa i Gihugu c’u Burundi n’ica RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare b'u Burundi bakabakaba 150Baheruka kuburirwa irengero muntanbara iheruka yabahuje na M23 mu kibaya cya Kibumba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Urugaga rw'Abavoka ruburanira Abahema n'Abatutsi bafunzwe bazira uko baremwe rwatangiye gushira ahabona akarengane k'Abatutsi bafite muri RDC.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Bazi Gushenga Abana n’abandi abobo biga neza bambaye neza

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?