• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byateye impaka n’imugihe hagaragaye abasirikare ba EAC bafatanye muntoki n’umusirikare wa M23.

minebwenews by minebwenews
August 3, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba Kenya ngo bagaragaye bafatanye muntoki n’umusirikare wa M23. Ibi ngo byababaje aba kongomani.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 03/08/2023, saa 5:20pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Aba basirikare ba Kenya bo mungabo za EAC z’ibarizwa Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, bafatanye muntoki n’umuvugizi wa M23, bwana Major Willy Ngoma. Aha akaba ari mugace ko muri Sake bari baherereye.

Uhagarariye Soseyete sivile, mubice bya teritware ya Nyiragongo, mu butumwa yohereje bwarimo ko yamaganye imikoranire yagaragaye idasanzwe y’ingabo z’Afrika y’iburasirazuba (EAC) nabo mu mutwe wa M23.

Uyu muyobozi wa Soseyete Sivile yerekanye ko izo ngabo z’akarere ziri mu nzira zo gutuma ubutaka bwabo bukomeza kuvogerwa nabo yise inyeshamba.

Nkuko yakomeje abigaragaza yavuze ko iz’ingabo za EAC zikomeza kuzana abo mu mutwe wa M23, bakaberekeza mubice bakuramo inzahabu yatanze urugero rwaho bakura umucanga mugace ka Nyundo.

Aho yanavuze ko aha hari imashini za EAC zivana umucanga kumusozi wa Nyundo homuri Localite ya Rwibiranga muri Groupement ya Buhumba.

Ikindi kandi nuko yagaragaje ko aba basirikare ba Kenya bo mungabo za EAC muri Kivu y’Amajyaruguru mu rwego rwa EAC banaganira cane n’ingabo za M23 ndetse ko nambere yuko binjira muribi bikorwa byo guseha uwo mucanga uri kumusozi wa Nyundo.

Ati: “Amakuru menshi avuga ko ingabo za Kenya ziganira cane naba barwanyi bomu mutwe wa M23.Turahamya ko bakorana ibiganiro naba sirikare bafite ipeti rya Colonel ndetse naba General.”

Hanyuma, ashimangira ko muribi bice hakunze kuba ubujura bw’ibiti ndetse no mu mirima y’abaturage.

Sosiyete sivile igasaba ko leta ya Kinshasa ikwiye kubashakira umutekano ndetse no kubarindira ibyabo. Maze aza gusaba ko aba basirikare bo mungabo za EAC bakwiye gukora inshingano zabo bashinzwe.

Tags: Bafatanye muntokiEACM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Evarist Ndayishimiye, agiye kwinjira mu nkiko aburanishe abacamanza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?