• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byemejwe ko ntanyeshamba za M23 ziri mumisozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajy’Epfo.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashinzwe ubutasi mungabo za FARDC homuri Kivu yamajy’Epfo bemeje ko ntangabo za M23 ziri mumajy’Epfo ya Kivu.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 1/07/2023, saa 10:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Hari hagize igihe hahwihwisa amakuru avuga ko umutwe w’inyeshamba wa M23 ko wabo waramaze kugera mu bicye bya Kivu yamajy’Epfo ahanini bavuga mumisozi miremire y’Imulenge.

Ibi Gen André Oketi Ohenzo, umusirikare ukuriye 12ème brigade ikorera mu Minembwe, yaje kubihakanira abashinzwe ubutasi mungabo za FARDC bakorera i Bukavu, aho bavugagako iz’onyeshyamba kozaba ziherereye mubice bya Kabingo, Rutigita ndetse no mu Malango. Ibi Ohenzo yabihakanye ubwo yahamagazwaga munama yu Mutekano iheruka kubera kumurwa mukuru w’intara ya Kivu yamajy’Epfo. Bikavugwa ko kandi S2 wa Région muri Kivu yamajy’Epfo, koyageze mu Minembwe muriki cyumweru turimo dusoza akaba yaragiye gukurikirana ayamakuru maze agezeyo asanga nibihuha byambaye ubusa.

Mumakuru yizewe twamaze kuronka kuri Minembwe Capital News, nuko Gen André Oketi Ohenzo, aheruka gukoresha inama mu Minembwe naba Chefs bagize akarere ka Minembwe abasaba kuba maso kugira uwo yise umwanzi atazabanyura murihumye, aho yavugaga M23.

Muriyo nama mu Minembwe, Gen André Ohenzo Oketi, akaba aribwo yanzuyeko mubice byo mu Malango ko ingabo ze zigiye kuza zihakorera patrouille. Muricyo gihe mu Minembwe hatangiye guhwihwisa ko intambara koyaba igiye kubura nimugihe ibice byo Mumalango birimo abaturage b’Irwanaho kuva intambara iheruka tariki 29/12/2022, yahuzaga abaturage b’irwanaho ningabo za FARDC zomuri 12ème brigade zari ziyobowe n’a Col Alexis Rugabisha.

Muyandi makuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, nuko inzego zishinzwe ubutasi mungabo za FARDC mubice bya Kivu yamajy’Epfo, baheruka kwa Mwami muri Plaine dela Ruzizi bamubaza ko M23 yaba yarageze muribyo bice Mwami arabahakanira.

Ingabo za Fardc muriyi ntara nuko zarizama ze gushinga ibibunde biremereye mubicye bya Plaine ahitwa Ngomo ahari kiraro gishasha giheruka kubakwa, ibindi bibunda byarazwaga Kamanyola ndetse na Nyangezi . Izimbunda zari zashinzwe muribyo bice murwego rwokuzibira amayira M23 bakega kobashora kuyacamo.

Tags: ImulengeKivu Y'epfoM23Rdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Inside Democratic Republic of Congo Airways and it's complete guidelines.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?