• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, February 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Byibuze Abantu 30, Barimo n’Abasirikare, Biciwe mu Gitero cy’Iterabwoba mu Burasirazuba bwa RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 2, 2026
in Conflict & Security
0
Byibuze Abantu 30, Barimo n’Abasirikare, Biciwe mu Gitero cy’Iterabwoba mu Burasirazuba bwa RDC
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byibuze Abantu 30, Barimo n’Abasirikare, Biciwe mu Gitero cy’Iterabwoba mu Burasirazuba bwa RDC

You might also like

Minembwe: Ihuriro ry’Ingabo za Leta ryasubijwe inyuma, MRDP-Twirwaneho na M23 byongera gufata igenzura ry’ibice bikomeye

Ubutumwa bw’Umwe mu Bayobozi ba AFC/M23 Buca Amarenga ku Rupfu rwa Willy Ngoma

Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC

Mu gihe abaturage bo muri teritware ya Lubero bari mu byishimo byo kwizihiza umunsi mukuru w’Ubunani, inkuru y’akababaro yaturutse muri ako gace ko mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Abagizi ba nabi bo mu mutwe wa ADF (Allied Democratic Forces), urwanya Leta ya Uganda, bagabye igitero gikomeye cyahitanye ubuzima bw’abantu benshi.

Amakuru aturuka mu nzego z’abaturage ndetse n’iza gisirikare avuga ko abantu bagera kuri 30, barimo n’abasirikare babiri bo mu Ngabo za Leta ya RDC (FARDC), bishwe muri icyo gitero cyabereye mu mihana ya Maendeleo na Katanga, iherereye muri grupema ya Bapere, muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Iki gitero cyabaye ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 01/01/2026.

Abayobozi b’inzego z’ibanze n’iz’umutekano batangaje ko iki gitero gifatwa nk’igikorwa cy’iterabwoba, cyagabwe mu gihe abaturage bari mu bikorwa byo kwizihiza umwaka mushya. Banemeje kandi ko hakomeje gukorwa isuzuma ryimbitse kugira ngo hamenyekane neza umubare nyakuri w’abahitanywe n’iki gitero, abakomeretse, ndetse n’ibyangijwe birimo imitungo y’abaturage.

Mu gihe ibikorwa by’ubugizi bwa nabi bikomeje kwiyongera muri teritware ya Lubero n’utundi duce twa Kivu y’Amajyaruguru, ndetse no mu burasirazuba bwose bw’igihugu, abaturage bakomeje kugaragaza impungenge zikomeye ku mutekano wabo. Barasaba Leta ya RDC n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga gutanga ubufasha bwihutirwa no kongera ingamba zigamije kugarura amahoro n’umutekano birambye muri aka karere.

Tags: Abantu 30ADFBishweLubero
Share35Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Ihuriro ry’Ingabo za Leta ryasubijwe inyuma, MRDP-Twirwaneho na M23 byongera gufata igenzura ry’ibice bikomeye

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Ibitero Bikaze by’Ingabo z’u Burundi, iza FARDC na FDLR ku Baturage byasubijwe Inyuma n’Umutwe Urwanira Abaturage

Minembwe: Ihuriro ry’Ingabo za Leta ryasubijwe inyuma, MRDP-Twirwaneho na M23 byongera gufata igenzura ry’ibice bikomeye Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe, intara ya...

Read moreDetails

Ubutumwa bw’Umwe mu Bayobozi ba AFC/M23 Buca Amarenga ku Rupfu rwa Willy Ngoma

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Auto Draft

Ubutumwa bw’Umwe mu Bayobozi ba AFC/M23 Buca Amarenga ku Rupfu rwa Willy Ngoma Mu gihe amakuru akomeje gukwirakwira ku rupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari Umuvugizi w’igisirikare...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC

Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC Ibikorwa bya gisirikare bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho imirwano...

Read moreDetails

Col. Ngoma: Amateka n’Inzira ya Politiki n’Igisirikare by’Umuvugizi wa AFC/M23 Ukomeje Kuvugwaho Kugwa mu Gitero cya Drone i Rubaya

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Col. Ngoma: Amateka n’Inzira ya Politiki n’Igisirikare by’Umuvugizi wa AFC/M23 Ukomeje Kuvugwaho Kugwa mu Gitero cya Drone i Rubaya

Col. Ngoma: Amateka n’Inzira ya Politiki n’Igisirikare by’Umuvugizi wa AFC/M23 Ukomeje Kuvugwaho Kugwa mu Gitero cya Drone i Rubaya Colonel Willy Ngoma, umwe mu bayobozi bakomeye mu Ihuriro...

Read moreDetails

Minembwe: MRDP-Twirwaneho na M23 Bahaye Isomo Rikomeye Ingabo za FARDC n’Abambari Bayo

by Bahanda Bruce
February 24, 2026
0
Minembwe: MRDP-Twirwaneho na M23 Bahaye Isomo Rikomeye Ingabo za FARDC n’Abambari Bayo

Minembwe: MRDP-Twirwaneho na M23 Bahaye Isomo Rikomeye Ingabo za FARDC n’Abambari Bayo Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 Yagaragaje Impamvu Perezida Tshisekedi Ahora Ashinja u Rwanda Ibibazo bya Congo

AFC/M23 Yagaragaje Impamvu Perezida Tshisekedi Ahora Ashinja u Rwanda Ibibazo bya Congo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?