• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byinshi ku byo Israel ivuga izakora ku bihugu bizemera Palestine nk’igihugu cyigenga

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 22, 2025
in World News
0
Byinshi ku byo  Israel ivuga izakora ku bihugu bizemera Palestine nk’igihugu cyigenga
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi ku byo Israel ivuga izakora ku bihugu bizemera Palestine nk’igihugu cyigenga

You might also like

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu, yijeje gufatira ingamba zikomeye ibihugu bizemera ko Palestine iba igihugu cyigenga.

Netanyahu yatangaje ibi mbere y’uko yerekeza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho yasobanuye ko ingamba za Israel ku bihugu bizemera Palestine nk’igihugu cyigenga zizafatwa byanze bikunze, kandi ko zizatangazwa nyuma y’uko azaba avuye muri uru zinduko aza soza muri iki cyumweru twatangiye.

Yagize ati: “Igisubizo cyo kugerageza guhatira Leta y’iterabwoba hagati mu gihugu cyacu kizatangwa nyuma yo kugaruka mvuye muri Amerika.”

Yakomeje avuga ati: “Leta ya Palestine izabaho mu burengerazuba bw’Uruzi rwa Yorodani”

Israel igaragaza ko mu biganiro byabayeho ubwo abayobozi bayo bakiraga abategetsi ba Amerika barimo n’umunyamabanga w’iki gihugu ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, mu cyumweru gishize, babagaragarije ko Amerika itarwanyije intambwe Israel ishobora gutera mu gusubiza kwemera Palestine nk’igihugu.

Bikavugwa ko mu gihe horamuka hagize ibihugu byemeza Palestine nk’igihugu, Israel na yo ifite uburenganzira bwo gufata icyemezo cyayo.

Ubundi kandi bikavugwa ko Israel ishobora kwiyomekaho ikibaya cya Yorodani.

Israel kandi irimo gutekerereza ku bindi bisubizo ndetse n’ingamba zafatirwa ibihugu bizemera ko Palestine iba igihugu cyigenga, harimo no gufunga ambasade zabyo muri Israel, zimwe muri zo zikemura ibibazo by’ubuyobozi bwa Palestine.

Hazasuzumwa kandi kwirukana abadipolomate b’ibyo bihugu no guhagarika imishinga ihuriweho bifitanye na Israel.

Hagataho, ku cyumweru ibihugu birimo Canada, u Bwongereza na Australia byatangaje ko byemeye Leta ya Palestine.

Tags: IbihuguIngambaIsraelPalestine
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi

Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu kidasanzwe cya kirimbuzi Koreya ya Ruguru yamuritse igisasu cyayo kidasanzwe mu birori yarifite byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'ishaka ry'abakozi. Iki gisasu Koreya...

Read moreDetails

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi

Perezida Trump wahoraga aririmba kuzahabwa igihembo cyitiriwe Nobel cya 2025, cyahawe undi Igihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel cyo muri uyu mwaka wa 2025, aho guhabwa perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, unamaze imyaka irenga ibiri afunzwe na leta y'iki gihugu, yagejejwe mu bitaro mu...

Read moreDetails
Next Post
Inama idasanzwe ya AFC/M23/MRDP yize hejuru yo gushyira RDC ku murongo

Inama idasanzwe ya AFC/M23/MRDP yize hejuru yo gushyira RDC ku murongo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?