• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byinshi wa menya ku bubi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.

minebwenews by minebwenews
October 23, 2024
in Uncategorized
0
Byinshi wa menya ku bubi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya kububi bw’ikinyobwa cya Coca Cola.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Ikinyobwa cya Coca Cola bivugwa ko kidasindisha ariko kirimo ibiyobyabwenge, ibanga ry’ibigize Coca Cola ni rimwe mu mabanga arinzwe cyane ku Isi mu birebana n’inganda kubera iki kinyobwa gisanzwe cy’isukari byagizwe ibanga rikaze.

Abantu 2% mu batuye Isi ni bo bashobora kumenya icyo Coca Cola ikozemo.

Ahanini banyiri ruganda ubona hari ibyo bahishe byo muri iki kinyobwa. Unarebye ku ducupa twa coca cola ntabwo hariho amakuru ahagije kubyo ikozemo, nk’uko izindi nganda z’ibibindi binyobwa zibigaragariza mubutumwa bwanditse ku ducupa.

Uruganda rukora iki kinyobwa ruherereye muri Atlanta ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ahari n’inzu ndangamurage yerekana amateka y’iki kinyobwa.

Muri urwo ruganda uhasanga ahantu hari inzira ikoze iki kinyobwa ikaba iri mu mutamenwa urinzwe cyane.
Abasura uru ruganda bawubonesha amaso ariko benshi bazi icyo Coca Cola ikozemo bituma udukombe miliyari 2 tunyobwa buri munsi.

Muri Atlanta ahari icyicaro cya Coco Cola . Umuturage uhatuye watangaje ibya Coca Cola yagize ati: “Ntabwo tuzi ibyo ikozemo nta n’ibyo dushaka kumenya kuko beneyo bafite uburenganzira bwo kugira ibanga kukinyobwa cyabo.

Abagerageje gushaka icyo Coca Cola ikozemo nta nakimwe bigeze bamenya kugeza mu mwaka w’ 2011, radio imwe yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje inkuru itarigeze ivugwa mu mateka. Umunyamakuru w’iyi radio yasomye mu kinyamakuru cya kera cyane , cyakoreshwaga n’uwitwa Charles Solta, avuga ko ari we washoboye kuvumbura ibyo coca cola ikozemo.

Avuga ko formula y’ibyo Coca Cola ikozemo yayivanye mu nyandiko yanditswe mu mwaka w’ 1910.

Yagize ati: “Dore iyi foto nayifashe mu mwaka 1979 nari mfite inshuti yabaga muri kano gace yarambwiye ati Charles hano hari i foto ugomba kureba. Nararebye nsanga inyandiko yitwa rotanique Coca Cola, yari yandikishije intoki byagaragaye ko yanditswe na John Pemberton, aho nyiri kuvumbura Coca Cola ubwe yanditseho ubwoko bw’ibiti bikozemo Coca Cola banyiri ruganda bajya batangaza.

Bityo rero, mu bigize coca cola harimo “alcohol” cyangwa se ibisindisha, harimo n’indimu (amacunga), acide sitric cofeine na yo y’ikiyobya bwenge noneho hakazamo n’ibibabi bya coca ibi bikaba aribyo bihingwamo cocaine.

Ngiri ibanga ryihishe muri Coca Cola banyiri ruganda batemera.

Ibi bikimara gutangazwa banyiri ruganda bahise babihakana , bavuga ko iriya formule atariyo kuko muri Coca Cola badashyiramo cocaine.

John Pamberton wahimbye Coca Cola yaratuye muri Colombise, inzu yaratuyemo ubu ni inzu ndanga murage aho muri 1886 muri iyo nzu havumbuwe amacupa ya Coco Cola.

Ikinyobwa kidasembuye cyaryoheraga abantu kirimo cocaine nicyo cyanavuyemo Coca Cola abantu bakaba barakundaga kukinywa kuko yagabanyaga ububabare bitewe na cocaine yabaga irimo.

Mu bihugu nka Amerika hari amashyirahamwe menshi arwanya Coca Cola bitewe nuko bavumbuye ibibi byayo kuko yangiza. Imwe muri yo ni “killer coke” uwahoze ari umukozi wa Coca Cola yabajijwe niba hari ibintu byangiza bashyiragamo maze atazuyaza arabyemera.

Yagize ati: “Yego, nta gushidikanya twakiraga amafu mu bigunguru binini kuri ibyo bigunguru handitseho ko ibintu birimo bifite uburozi(toxic) rimwe nabonye imwe muri izo ngunguru ifunguye mo imbere, ibyo ntabwo wabikoresha ho intoki ni acid ikomeye, jye ntabwo numva ukuntu Leta zikomeza kwemera ko uruganda nk’uru rukomeza gukora.”

Ariko banyiri uru ruganda bo bavuga ko bahagaritse gukoresha cocaine mu mwaka w’ 1906 ariko na n’ubu bavuga ko harimo ibikoresho by’ibanga.

Umushakashtsi witwa Roe Rodgers yavuze ko iyi cocaine bayishyiramo kugira ngo iyihe uburyohe busa nk’ubusharira kandi n’impumuro nziza.

Iyo Coca Cola uyicaniriye mu isafuriya nyuma y’iminota mike usanga yamatiriye ku buryo itapfa no kuva mu isafuriya, mu gihe izindi soda zo iyo uzicaniriye zo zishira isafuriya igasigara yera.

Mu icupa rimwe rya Coca Cola bivugwa ko haba harimo utuyiko 16 twisukari. Mu nkuru y’ubutaha tuzakomeza ikindi gice kivuga ku bubi bwa coca cola.

                MCN.
Tags: Coca ColaIkinyobwaUbubi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Israel yibiwe ibanga isabwa guhita ibikora mu maguru mashya, nyuma y’urupfu rw’umuyobozi wa Hamas.

Israel yibiwe ibanga isabwa guhita ibikora mu maguru mashya, nyuma y'urupfu rw'umuyobozi wa Hamas.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?