• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byiswe amateka nyuma y’aho Twirwaneho yirukanye FARDC mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2025
in Regional Politics
0
Byiswe amateka nyuma y’aho Twirwaneho yirukanye FARDC mu Minembwe.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byiswe amateka nyuma y’aho Twirwaneho yirukanye FARDC mu Minembwe.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Itsinda ry’Abanyamulenge ry’irwanaho rizwi nka Twirwaneho ryafashe centre ya Minembwe n’ikibuga cy’indege cyayo, nyuma yokwirukana ingabo z’iki gihugu zari zagabye ibitero mu mihana yabo.

Ahagana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 21/02/2025, ni bwo ihuriro ry’Ingabo za Congo, ririmo ingabo za FARDC, FDLR na Wazalendo ryagabye ibitero mu Banyamulenge baturiye imihana yo ku Runundu.

Ni ibitero iri huriro ryakoze rikoresheje gutera ibisasu bikomeye, aho ryarimo ribitera mu mihana yo mu Basegege, muri 8ème Cepac no mu yindi mihana irimo ku Mutanoga n’ahandi mu nkengero zaho.

Abanyamulenge binyuze mu itsinda ry’irwanaho birwanyeho, maze bakubita inshuro ihuriro rirwana ku ruhande rwa Leta.

Minembwe.com yamanye neza ko ahagana isaha ya saa Saba zo ku manywa Twirwaneho yinjiye ku cyicaro gikuru cya brigade ya 21, yirukana FARDC n’abambari bayo kuri iki cyicaro giherereye impande ya radio y’abaturage ba Minembwe izwi nka “Tuungane Minembwe.”

Aha ni nyuma y’uko bari bamaze gufata centre ya Minembwe ndetse n’ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye ku Kiziba.

Herekanywe n’amashusho abigaragaza aho Twirwaneho yari maze gufata kuri brigade, irimo kwiyamirira bashima Imana yabashoboje kunesha umwanzi wabo.

Ubundi kandi bafashe n’ibibunda bikaze n’amasasu menshi, nk’uko ari ya mashusho yakomeje abyerekana.

Uyu mujyi wa Minembwe Twirwaneho yafashe ukorerwamo ubucuruzi butandukanye, ahanini bujanye n’ubw’inka n’andi matungo mato.

Uretse centre ya Minembwe n’ikibuga cy’indege cyayo, Twirwaneho yafashe, kuri ubu ninayo igenzura ibitaro bikuru byo muri aka gace.

Ibi byafashwe nka mateka, kuko ingabo z’iki gihugu na Wazalendo barebaga aka karere bicaga Abanyamulenge uko bishakiye umunsi ku wundi.

Kuva intambara yaduka yo mu 2017, ntabwo Twirwaneho yari yafata centre ya Minembwe, hubwo yararwaga ikagarukira mu nkengero zayo.

Usibye ko mu Cyumweru gishize ni bwo kandi yari yafashe ikibuga cy’indege cya Minembwe, ariko irongera icyikuramo.

Hagataho, Abanyamulenge bakomeje gushima Imana, ndetse n’izi ngabo zikomeje guhunga zerekeza inzira yo kwa Mulima zikomereza i Baraka na Uvira.

Tags: AmatekaBafasheMinembweTwirwaneho
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Menya ibikoresho bikaze Twirwaneho yambuye FARDC mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?