• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byiswe “Balkanisation” ibyo ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwakoze.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2025
in Regional Politics
0
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byiswe “Balkanisation” ibyo ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwakoze.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yafashe umwanzuro ukakaye, aho yiyonkoye ibice byose by’iki gihugu bigenzurwa n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo.

Ni mu itangazo urwego rushyinzwe kugenzura imipaka rwa DGDA rwatangaje ko ibicuruzwa byose bituruka mu bice byafashwe na m23 umutwe wa gisirikare ubarizwa mu ihuriro rya AFC bitagomba gukurikiza amategeko asanzwe, kugeza igihe hazasohokera andi mabwiriza.

Umuyobozi mukuru w’uru rwego rwa DGDA muri Kivu y’Amajyaruguru, yavuze ko ibicuruzwa byose bituruka mu mujyi wa Goma, ku kibuga cy’indege cya Goma, Bunagana na Ishasha bifatwa nk’ibishya byinjiye mu gihugu.

Yagize ati: “Bigomba gufatwa uko biri, amategeko akubahirizwa ijambo ku rindi kimwe n’amabwiriza agenga imipaka.”

Uduce twose tugenzurwa na m23 twamaze kuvanwa muri system ya Congo ishyinzwe gucunga imikorere yayo.

Iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyasabye kandi ko ibindi bihugu bitagomba gufata ibicuruzwa bizajya biva mu bice bigenzurwa n’uyu mutwe wa m23 nk’ibitava muri RDC.

Ubundi kandi ubutegetsi bw’i Kinshasa bwafunze amafaranga ari muri za banki zikorera i Goma na Bukavu, inacana imikoranire nazo murwego rwo gukenesha abaturage no kubatera uburakari kugira ngo bigumure kuri AFC/M23.

Ku mbugankoranyambaga, benshi mu Banye-Congo bemeje ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwemeje ko havuka igihugu gishya cy’u Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ijambo Balkanisation muri Congo, ryavuzwe bwa mbere mu 1960 na guverinoma ya mbere yari iyobowe na Patrice Lumumba, ubwo habaga ibikorwa byo gushaka kwigenga kwa Kasai na Katanga.

Ndetse no kubutegetsi bwa Mobutu habaye kugerageza kwigenga kwa Kasai, mu gihe havukaga intambara ya Shaba, intambara y’i Bukavu n’intambara ya Mulele.

Ni igihe Laurent Desire Kabila yarwanyaga Mobutu, byavuzwe ko umutwe ayoboye wa AFDL, ushaka gukora Balkanisation.

Ibi kandi byavuzwe nanyuma ya Kabila, n’ubu kandi byongeye kuvugwa cyane, kubera ibi ubutegetsi bw’i Kinshasa bukoze.

Tags: BalkanisationRdcTshisekedi
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y’Amajyepfo.

Uko i Mulenge hiriwe muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?