Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Captain Bigabo Serukazo, ngwabangamiye abaturage b’i Lundu, n’imugihe yakubise kandi umusaza w’imyaka 68 ajanwa mu bitaro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusaza w’umunyamulenge, Ntarambirwa Sebombe, w’imyaka 68, yakubiswe n’umusirikare womungabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) mu Minembwe kugeza ajanwe mukigo ndera buzima ca Madegu mu Minembwe.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Amakuru avugako uyu musaza w’umunyamulenge, ari umuturage womuri Localite y’i Lundu, muri Groupemant ya Basimukindji ya Mbere(1’ér), Secteur ya Itombwe, homuri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko Minembwe Capital News yabwiwe ay’amakuru n’uko Ntarambirwa Sebombe, yakubiswe kuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023, nimugihe uyu Mugabo Inka ze zonye(kwangiriza ibihingwa), mu murima w’uwo musirikare ufite ipeti rya Captain, uzwi kw’izina rya Bigabo Serukazo.

Ay’amakuru yanemejwe na Sosiyete sivile ya Minembwe iyobowe na Mufashi Santos, aho yagize ati: “Ntarambirwa Sebombe, umusaza ufite Imyaka 68 yakubiswe byogupfa, n’umusirikare womungabo za FARDC. Turasaba ko uyu musirikare Bigabo Serukazo, yovanwa mu Minembwe.”

Yakomeje agira ati: “Ibi subwambere uyu musirikare akubita abantu, niyo mpamvu dusaba ubuyobozi bwa FARDC kumuvana mu Minembwe.”

Ibi bikaba biri mwibagwa ndende yanditswe na Sosiyete sivile ya Minembwe.

Abaturage baturiye i Lundu, babwiye Minembwe Capital News, ko uyu musirikare ari muribyo bice k’u kibali(Ikiruhuko), aho yaje ava i Bukavu kumurwa Mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ndetse ko iki kiruhuko cuyu musirikare womungabo za FARDC kocaba caranarangiye ariko akaba akomeje kwidegembya mu misozi miremire y’Imulenge, uherereye muri teritware ya Fizi.

Sosiyete sivile ya Minembwe, ikaba isaba ko ubuyobozi bwa FARDC muri Brigade ya 12 ikorera mu Mininembwe, bwahana uyu musirikare Bigabo Serukazo, ubangamiye abaturage bo mur’ibi bice.

By Bruce Bahanda.

Tags: Captain Bigabo SerukazoMinembweN'imugihe yakubise kandi umusaza w'imyaka 68 ajanwa mu bitaroNgwabangamiye abaturage b'i Lundu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Imirwano yakaze munkengero z'u Mujyi wa Goma, byatumye Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, ziyambaza Indege z'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?