• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Charles Onana uzwiho gupfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda yageze mu rukiko.

minebwenews by minebwenews
October 9, 2024
in World News
0
Charles Onana uzwiho gupfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda yageze mu rukiko.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Charles Onana uzwiho gupfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda yageze mu rukiko.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni Charles Onana ufite ubwenegihugu bubiri, ubw’u Bufaransa akaba anavuka muri Cameroun,ashinjwa guhakana genocide yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, yageze imbere y’urukiko ahakana ibyo ashinjwa, yemeza ko mu Rwanda habaye genocide yakorewe Abatutsi.

Amakuru avuga ko urubanza rwa Onana rwatangiye kuburanishwa i Paris mu Bufaransa ku ya 07/10/2024. Uyu yarezwe n’imiryango irimo Survie ugizwe n’abarokotse genocide, uwabanyarwanda baba mu Bufaransa, ishami rya Ibuka ryo mu gihugu cy’u Rwanda n’ihuriro CPCR riharanira kugeza mu butabera abagize uruhare muri genocide bahungiye mu Bufaransa.

Ni ikirego gishingiye ku gitabo cya Onana yise “Rwanda, la vérité sur l’operation Turquoise.” Iki gitabo cyasohotse tariki ya 30/10/2019, kigaragaza ko nta mugambi wa genocide yakorewe Abatutsi wabayeho, kandi ko na yo ubwayo itabaye, agahamya ko u Rwanda rwabeshye amahanga, nk’uko iy’inkuru tuyikesha igitangazamakuru cya IGIHE.

Charles Onana ubwo yari imbere mu rukiko, yavuze ko adahakana ko hari icyaha cya genocide.

Yagize ati: “Ntabwo mpakana genocide nta n’ubwo nzigera mbikora.” Yashimangiye ibi avuga ko genocide yabayeho kandi ko ari ukuri kudashidikanywaho.

Gusa, ibyo yavuze bitandukanye kure nibyo yanditse mu bitabo bye, kuko yakunze kumvikana ahakana genocide yakorewe Abatutsi ndetse akanayipfobya cyane.

Mu byo yanditse yavuze ko kuvuga ko genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda yateguye n’ubutegetsi bw’Abahutu ari ubugambanyi kandi ko ari cyo kinyoma gikomeye mu kinyejana cya 20 cyabayeho.

Ibi mu kubyandika, kiriya gitangaza makuru cyavuze ko yirengagije ko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, inkiko zo mu Bufaransa n’u Bubiligi ndetse n’izo mu Rwanda hari benshi zahamije icyo cyaha ndetse kuri ubu bari kurangiza ibihano byabo.

Muri urwo rubanza Charles Onana yahamagaye abatanga buhamya bagera kuri 20 barimo abahoze ari abasirikare bakuru b’Abafaransa n’abu Rwanda.

Biteganijwe ko abatangabuhamya bazakomeza kumvwa kuzageza tariki ya 11/10/2024 ari nabwo urubanza ruzasozwa. Umunyamategeko Me Andre Martin yavuze ko mu gihe Charles Onana yahamwa n’icyaha byaba urugero rwiza no ku bandi bapfobya bakanahakana genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

            MCN.
Tags: Charles OnanaMu rukikoParis
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Gen Muhoozi yateguje abayobozi ba Amerika ibintu bikanganye, avuga n’impamvu yabyo.

Gen Muhoozi yateguje abayobozi ba Amerika ibintu bikanganye, avuga n'impamvu yabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?