• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Charles Onana wigezeho gushimwa n’abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.

minebwenews by minebwenews
September 15, 2024
in Regional Politics
0
Charles Onana wigezeho gushimwa n’abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Charles Onana wigezeho gushimwa n’abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Mu kwezi gutaha muri uyu mwaka, nibwo urubanza ruregwamo umugabo w’umunya-Cameroun ufite n’ubwenegihugu bw’u Bufaransa, uzwi ku mazina ya Charles Onana akaba azwiho gupfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda wananditse n’igitabo agaragaza ko hari genocide yabaye muri RDC.

Ahanini ibirego Charles Onana aregwa bishingiye ku gupfobya genocide yakorewe Abatutsi. Ibi, abivuga kenshi mu bitabo yagiye yandika.

Amakuru avuga ko uru rubanza ruzaba ku itariki ya 11/10/2024, Abanyarwanda baba mu gihugu cy’u Bufaransa bakazunganirwa n’umunyamategeko Gisagara Richard.

Igitangazamakuru cya Igihe dukesha iy’inkuru, kivuga ko urubanza ko ruzabera mu rukiko rw’i Paris , ruzwi nka XVII Chambre du Tribinal de Paris, ruburanisha ibyaha bijyanye n’itangazamakuru, bikozwe hakoreshejwe inyandiko cyangwa imvugo.

Ibyo Charles Onana akurikiranyweho ni ibyo yavuze mu gitabo yanditse mu 2019 agiha izina rya “Rwanda, la vérité sur l’operation Turquoise.’

Iki gitabo cyasohotse mu kwezi kwa Cumi umwaka w’ 2019, mbere y’umunsi umwe ngo gisohoke Onana yagiranye ikiganiro na bamwe mu banyamakuru by’umwihariko radio yitwa RCI agaragaza ko mu Rwanda nta genocide yahabaye mu 1994.

Akimara gutangaza ayo magambo Abanyarwanda baba mu Bufaransa bahise batanga ikirego. Hakurikiraho n’ikirego cy’imiryango nka Survie, Ligue Des droits de l’homme na Féderation International de droits de l’homme.

Mu byo Onana aragaragaza akanabishingiraho ngo ni uko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rwari i Rusha muri Tanzania ngo rutigeze rugaragaza ko habayeho itegurwa rya genocide.

Agaragaza ko Guverinoma ya Habyarimana itigeze itegura genocide yakorewe Abatutsi akemeza ko nta kintu cyabigaragaje ashingiye ko nta kintu cyabigaragaje ashingiye kuri ibyo, akanzura ko nta genocide igomba kuvugwa mu Rwanda.

Bivugwa ko ibi bihora bigaruka mu bitabo bye yanditse. Igitabo cya nyuma yanditse kivuga ko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, habaye genocide. Ndetse mu minsi ishize yanageze muri iki gihugu maze aza kwakirwa n’abategetsi b’iki gihugu ba mu garagariza ibyishimo bidasanzwe.

Ubundi kandi umudepite wo muri RDC, uzwiho kwanga Abatutsi bo muri iki gihugu, yagiye agaruka kenshi akanatanga ingero nyinshi ku bitabo bya Charles Onana bivuga ku Batutsi.

Umunyamategeko Gisagara, wavuze kuri uru rubanza rwa Charles Onana, yavuze ruzaba rukomeye, ndetse ko kandi mu gihe atohamwa n’icyo cyaha bizaba ari ibi bi.

Ati: “Adahamwe ni icyo cyaha sinumva icyo iryo tegeko ryaba ryaragiriyeho.”

Itegeko ryo mu 1981 mu byongewemo hagaragazwa ko uzahakana cyangwa uzapfobya genocide yakorewe Abatutsi mu 1994 urukiko ruzamukatira igifungo cy’umwaka kandi kimucye na amande.

Bikavugwa ko abahakana genocide cyangwa bakayipfobya nkana bishingikirije inzitwazo zose bagomba kumenya ko hari amategeko atuma bahanwa.

         MCN.
Tags: Charles OnanaGenocideI ParisKuburanishwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw’amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.

Hatanzwe amakuru arambuye ku rusaku rw'amasasu menshi yumvikanye mu Mikenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?