
Ministre Christophe Lutundula.
Minister w’ububanye namahanga wa Republika iharanira democrasi ya Congo, bwana Christophe Lutundula, yamaganye yivuye inyuma amagambo yavuzwe nitsinda ryari muruzinduko muriki gihugu rya kanama gashinzwe umutekano kw’isi kumuryango wa b’Ibumbye.
Ayamakuru yagiye hanze muriki gitondo canone tariki 14.03.2023.
Iritsinda rigize intumwa zakanama gashinzwe amahoro kw’Isi m’Umuryango wa b’Ibumbye ryamaze iminsi ine muri Congo Kinshasa bakaba barageze ni Goma muntara ya Kivu yamajyaruguru.
Izintumwa zari ziyobowe num’Ufransa witwa Nicolas de Rivière, uyu mugabo yatunze agatoki abayobozi ba leta ya Kinshasa ko igihe barimo atarigihe cogushinja leta ya Kigali ko ifasha umutwe wa M23 atahubwo icingenzi nuko hoba Ibiganiro kumpande zombi leta y’Ikinshasa ikaganira numutwe wa M23.
Uyu mugabo Kandi Nicolas, yibukije abayobozi ba leta ya Kinshasa ko gukomeza kurebera amahanga atarico cihutirwa abasaba ko nabo ubwabo bakwiye kwisuzuma bakamenya ahatagenda neza bagakosora.
Ikindi Nicolas yasabye Republika iharanira democrasi ya Congo, yabasabye ko ubwabo bakwiye kubanza kureba impunzi zabo zahungiye mugihugu imbere bakazifasha bakabona kwiyambaza imiryango mpuza mahanga harimo na L’ONI.
leta ya Kinshasa ishinja Kigali gufasha umutwe wa M23 ibyo Kigali ihakanira kure ahubwo Kigali igashinja Kinshasa gukorana byahafi numutwe witerabwoba wa FDLR.