• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Col. Michel Rukunda, wa mamaye kw’izina rya “Makanika,” yongeye kwandika amateka nimugihe yongeye guhishura ibikorwa bibi bya leta ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uyoboye Twirwaneho, Colonel Rukunda Michel, wa mamaye kw’izina rya Makanika, yongeye kwandika amateka ni mugihe yahishuye ukuri kw’ibikorerwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Ni mukiganiro uyu musirikare w’Ikirenga mu Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, yakoranye n’u umunyamakuru Faustin Byiringiro, kuri Channel ya “Mukirambi Tv 1.” Kiriya kiganiro cyakozwe mumpera zakiriya Cyumweru dusoje muri uku kwezi kwa 12/2023.

Iki Kiganiro Colonel Makanika, yagikoze ubwo yari muruzinduko mu Minembwe avuye mu Bijabo.

Umunyamakuru yabanjye kumusaba kwibwira abakurikiye ikiganiro, maze Colonel Rukunda Michel, ati: “Amazina yanjye y’ukuri ni Rukunda Michel, naho irya “Makanika,” nizina niswe ndi mukazi, muyandi magambo ni iritazirano.”

Michel, yabajijwe icyaba cyatumye agera mu Minembwe, nawe ati: “Nageze mu Minembwe k’u wa Kabiri, tariki 12/12/2023, naje guhumuriza abaturage b’Irwanaho. Twirwaneho ikora akazi ku butabazi kandi ibikorwa byabo biba henshi, rero naje kwifatanya nabo kuko ninjye muyobozi wabo.”

Tubibutsa ko mu Minembwe haheruka kugabwa ibitero bigabwe n’Inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï, FDLR n’Imitwe igizwe n’Insoresore z’Abarundi. N’i bitero byari byagabwe mu nkengero za Komine Minembwe, bisiga byangirije ibintu byinshi by’abaturage, tariki 08-12/12/2023.

Muricyo kiganiro, Colonel Rukunda Michel, yagarutse no kuntambara yagiye ibera mu misozi miremire y’Imulenge, avuga ko yagiye ihindura isura ariko ahanini bigakorwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ati: “Murabizi ko Intambara yishe abantu benshi Imulenge, leta yagiye iyita amazina rimwe bakavuga ko ariyabahinzi n’aborozi, ubundi ngo n’intambara y’ikibandi, biriya babikoraga kugira ngo ukuri kutamenyekana ariko ukuri ntikwihisha. Leta niyo nyiribibi byose n’ubwicanyi bwabaye muri aka Karere. Twirwaneho rero yabayeho kugira ngo ihagarike ubwicanyi bwarimo bukorerwa Abanyamulenge.”

Makanika, yanahishuye Twirwaneho abaribo? Ati: “Twirwaneho n’abaturage bose bafite ishaka ryo kurenganura abarengana. Umuntu wese ukunda Imulenge ni Twirwaneho.”

“Turabizi ko hari abaharabika Twirwaneho, abakora ibyo nibarya barinyuma y’ibibi bikorerwa Abanyamulenge ni ibigoryi. Agaciro Umunyamulenge afite kuri none agakesha Twirwaneho.”

“Haricyo ndota kandi mbona n’uko muri aba bari muri Twirwaneho hari Intwari zizakora ibirenze ibyo twakoze . Ndabizi neza ko hazavamo abagabo bazakamira igihugu.”

Colonel Rukunda Michel, yagize nicyo avuga ku baturanyi ba Banyamulenge ahanini yavuze ku Bapfulero. Yagize ati: “Mu Bapfulero harimo bamwe bazima kandi bapfira ubusa ariko kandi harimo nabicanyi. Abapfulero ni Abaturanyi bacu tuzabana iteka kugeza Yesu agarutse kw’Isi.”

Umunyamakuru yongeye kumutera ikibazo ku basirikare ba FARDC bicwa bazira ko ari Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, bamwe muribo bicwa barashwe abandi bakabatwika ndetse kohari nabagiye baribwa.

Michel ati: “Ntabyinshi no vuga kuri FARDC, kimweho sinoyisubiramo kumpamvu imwe n’uko ari igisirikare cy’ikibandi. Bariya si abasirikare b’igihugu hubwo n’Abajura babi. Nigute wavuga ko urinda abaturage utazi agaciro kabo?”

“Umusirikare wabonye benewabo bapfa bazira ubwoko bwabo ariko ntatabare mbarahiye ko bazabibazwa igihe nikigera.”

Umunyamakuru ntiyahejwe no kumubaza ku matora ateganijwe kuba muri RDC, tariki 20/12/2023, Michel Makanika, yagize ati: “Ibya matora ntibyaturaza inshinga ikituraje inshinga ni umutekano wa baturage! Nigute wakwiruka mu by’amatora abaturage bari kwicwa? Yewe n’abatora bari bakwiye kubireka bakabanza gushaka umutekano.”

Yarangije avuga icyakunda “Nkunda Imana, nkongera nga kunda Abanyamulenge n’Imulenge.”

Colonel Rukunda Michel Makanika, yatabaye Abanyamulenge barimo bicwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi, ahagana mu mwaka w’2019, akaba yarahoze mu gisirikare cya FARDC. Kuri ubu amaze kugarukana umutekano mu bice byinshi byo mu misozi miremire y’Imulenge. Gusa uwica Abanyamulenge we aracyabanguye inkota n’ubwo Twirwaneho ya Colonel Makanika igenda imuca intege nk’uko bivugwa na Banyamulenge.

Rurambo, Icyohagati, Bibogobogo, Mibunda na Minembwe, n’i bice birimo Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michel, aho y’ungirijwe na Colonel Charles Sematama, wamamaye kw’izina rya “Intare Batinya.”

Bruce Bahanda.

Tags: Col. Michel RukundaMikanikaYongeye kwandika amateka nimugihe yongeye guhishura ibikorwa bibi bikorwa na leta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w’Umwami Musinga yatabarutse

Igikomangomakazi, umukobwa wa nyuma w'Umwami Musinga yatabarutse Igikomangomakazi Speciose Mukabayojo, umukobwa w'Umwami Yuhi V Musinga wategetse u Rwanda, yatabarutse ku myaka 93. Ni amakuru yemejwe n'abo mu muryango...

Read moreDetails

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post

Maneno ambayo yame shamiri sana kwenye kampeni nchini DRC, kwa hawa kandidati wa 2 wa uraisi: "Moïse Katumbi na Félix Tshisekedi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?