Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Col. Vianney Kanyamuhanda, wa menyekanye cyane kw’izina rya Kazarama, yakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano, muri Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Col. Vianney Kanyamuhanda, wa menyekanye cyane kw’izina rya Kazarama, yakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano, muri Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Kanyamuhanda Vianny, wari waramamaye cyane kw’izina rya Kazarama mu myaka ya 2010 na 2013, nyuma y’uko bivuzwe ko yapfuye yanyomoje ay’amakuru avuga ko atarapfa ko kandi akomeje ibikorwa by’iterambere.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ubushize ibinyamakuru byo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byari byatangaje ko uyu wahoze ari umuvugizi wa M23 mu mwaka w’2013 na mbere yaho, ko yapfuye

Aba bitangaje bari bavuze ko yaguye mu mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Congo.

Vianney Kazarama yanyomoje ay’amakuru avuga ko ahari kandi ko atakiba muri uwo mutwe wa M23. Gusa avuga ko agishigikiye umutwe wa M23.

Yagize ati: “Numvise amakuru avuga ko Colonel Kazarama yaguye mu rugamba rwa bereye muri Karuba hafi na Mushaki, ndagira ngo nyomoze ayo makuru kuko ndi muzima nta bicurane ndwaye ndi mu bikorwa byanjye by’iterambere.”

Yakomeje avuga ko muri iki gihe nyuma yuko avuye muri M23 kuri ubu yibereye mu bikorwa biteza imbere urugo rwe.

Yaje kwihanganisha abarimo kubura ababo muntambara ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, aho yadomye urutoki cyane ku baturage baheruka gupfira muri Mweso no mu nkengero zaho nyuma y’uko bagabweho ibisasu by’i ngabo za SADC na FARDC.

Bruce Bahanda.

Tags: ColKanyamuhandaKazaramaMasisiYakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Mugihe  Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.

Mugihe Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n'ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y'igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?