Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Col. Vianney Kanyamuhanda, wa menyekanye cyane kw’izina rya Kazarama, yakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano, muri Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Col. Vianney Kanyamuhanda, wa menyekanye cyane kw’izina rya Kazarama, yakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano, muri Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Kanyamuhanda Vianny, wari waramamaye cyane kw’izina rya Kazarama mu myaka ya 2010 na 2013, nyuma y’uko bivuzwe ko yapfuye yanyomoje ay’amakuru avuga ko atarapfa ko kandi akomeje ibikorwa by’iterambere.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ubushize ibinyamakuru byo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, byari byatangaje ko uyu wahoze ari umuvugizi wa M23 mu mwaka w’2013 na mbere yaho, ko yapfuye

Aba bitangaje bari bavuze ko yaguye mu mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Congo.

Vianney Kazarama yanyomoje ay’amakuru avuga ko ahari kandi ko atakiba muri uwo mutwe wa M23. Gusa avuga ko agishigikiye umutwe wa M23.

Yagize ati: “Numvise amakuru avuga ko Colonel Kazarama yaguye mu rugamba rwa bereye muri Karuba hafi na Mushaki, ndagira ngo nyomoze ayo makuru kuko ndi muzima nta bicurane ndwaye ndi mu bikorwa byanjye by’iterambere.”

Yakomeje avuga ko muri iki gihe nyuma yuko avuye muri M23 kuri ubu yibereye mu bikorwa biteza imbere urugo rwe.

Yaje kwihanganisha abarimo kubura ababo muntambara ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, aho yadomye urutoki cyane ku baturage baheruka gupfira muri Mweso no mu nkengero zaho nyuma y’uko bagabweho ibisasu by’i ngabo za SADC na FARDC.

Bruce Bahanda.

Tags: ColKanyamuhandaKazaramaMasisiYakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mugihe  Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n’ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y’igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry’ingabo za RDC.

Mugihe Tshisekedi akomeje gushotora u Rwanda afatanije n'ubutegetsi bwa Gitega, M23 yo uyumunsi y'igaruriye Localite zitanu izambuye ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?