Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Coloneill Nangaa wigezeho kuyobora Komisiyo ya matora muri RDC yagaragajeko Perezida Tshisekedi ashaka gucamo igihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 20, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa, wigezeho kuyobora Komisiyo y’amatora muri RDC, yandikiye urwandiko akanama gashinzwe umutekano agaruka kubiri kubera mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Uyu Mugabo umaze kugera m’ubuhungiro yanditse kuribi:

-Kuntambara zirikubera muri RDC.

-Kubijanye n’amatora y’umukuru w’igihugu arigutegurwa mumpera z’uyu mwaka.

-Kungabo zamahanga ziri muri Congo Kinshasa harimo na FDLR.

-Irihirikwa ry’itegeko nshinga noguhonyanga agateka kazinamuntu.

-Ingabo za Monusco.

Ati: “Mbandikiye nkumukongomani wigeze kuyobora ibiro bishinzwe amatora muri RDC. Kandi nkaba ndi n’umuyobozi w’ishyaka rya politike bita ADCP ariko nshaka kubamenyesha no kubakengura kubiri kubera mugihugu. Igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo gishobora kugaburwamo ibice byinshi bivuye ku ntambara z’urudaca ndetse n’ibi ko abanyagihugu bakomeje gupfa urusorongo.”

“Guhanahana ubutegetsi biciye munzira y’amahoro byabaye mukwezi kwa Mbere umwaka wa 2019 byasize Félix Tshisekedi ariwe uhawe kuyobora ariko amaze gushikira ubuyobozi yahise aba umutegetsi wigitugu aho atubaha amategeko y’igihugu ndetse n’itegeko Nshinga ryigihugu.”

“Yahise atangira kw’iba igihugu y’igwizaho imitungo itemewe ibyo yasezeranije abaturage ntanakimwe yashize mubikorwa , invugo z’amacakubiri nico kirikuranga abakongomani. Abakongomani ubundi yamaze nokubacamo ibice abo mubuseruko ntibunvikana nabo m’uburengerazuba abo mu Majy’Aruguru ntibunvikana nabo mu m’Ajyepfo.”

“Félix Antoine Tshisekedi y’injiye k’ubutegetsi mukwezi kwa Mbere, umwaka wa 2029, icyogihe yasanze igihugu gitekakanye ubuyobozi bwari buhavuye bwubahaga itegeko nshinga bishingiye k’ubwunvikane bwabene gihugu.”

“Ariko kurinone Congo n’abakongomani bakaba barikurenganira kumasezerano Félix Tshisekedi yakoranye n’umutwe wa M23 avugako wariwaratsinzwe mu mwaka wa 2013 ariko Tshisekedi ngo agere kungoma arongera arawubyutsa ndetse awuzana i Kinshasa nyuma yaho baza gukorana amasezerano ateyubwoba nuyu mutwe wa M23 ndetse ayo masezerano ntiyari yemewe n’itegeko nshinga ayo masezerano akaba yaraje kuvukamo intambara aho abaturage bagera 2 000 000 bahunze imihana yabo yo muri Masisi, Rutchuru na Nyiragongo.”

“Kungoma ya Félix Tshisekedi nibwo umutekano wabaye muke ahanini mu Ntara ya kivu y’Amajyaruguru na kivu yamajy’Epfo na Ituri . Tshopo Lualaba Nord-katanga, Maindombe ndetse no mu Mujyi wa Kinshasa aho inyeshamba zo mugihugu hagati ndetse n’izabanyamahanga zisenya igihugu areba.”

“Uyu mugabo n’ubundi yavuzeko Félix Tshisekedi akigera k’ubutegetsi yahise atangira guhiga abatavugarumwe nawe.”

“N’ubundi nabyo bikaba bihabanye n’ibyo itegeko nshinga ry’igihugu kubika byaryo rya 16, 17, 18, 22, 23, 24 ,25 ,26 ,27, 28 na 90.”

“Ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi bwabaye ubwo munzu aho abamukomokaho bose aribo bayoboye igihugu uburasiraziba bw’igihugu bwuzuyemo ingabo zigihugu izamahanga ariko abantu bapfa n’inkisazi.

“Amatora arigutegurwa muri RDC bivugwako abari mukanama gashinzwe kuyategura b’iganjemo abavukana na Perezida Félix Tshisekedi. Igisirikare ca FARDC gikorana byahafi na FDLR ndetse no mu basirikare barinda Perezida Félix Tshisekedi barimo abo mu mutwe wa FDLR.”

“Aba barwanyi ba FDLR bari mubishe abantu benshi muri Goma, tariki 30/08/2023.”

“Mubigagaragazako Félix Tshisekedi afite kuzariganya mu matora y’u butaha nuko yanzeko hashobora kuba iperereza ryigenga kuburyo itegeko rigenga amatora ryakozwe.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 20/09/2023.

Tags: Coloneill NangaaTshisekedi ari mu mugambo was BalkanisationUrwandiko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abadamu ba bapfakazi, bari mu Nkambi y'Impunzi Nakivale, bari mu myiteguro y'igiterane cabo ngaruka mwaka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?