• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Colonel Richard Tawimbi, yunvikanye muri Audio avuga Igihugu c’Urwanda.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2023
in Uncategorized
3
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Richard Tawimbi, yunvikanye avuga Igihugu c’Urwanda nabi, ibi yabivuze akoresheje audio ifite iminota 3 namasegonda icumi.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Umuyobozi w’Umutwe wa Gumino mubya Gisirikare Colonel Tawimbi Richard, yunvikanye atuka ur’Wanda, aho yunvikanye ashaka gukangurira abamwunva kwanga Igihugu c’Urwanda bakayoboka leta y’Ikinshasa ishinjwa kwica benewabo ab’Atutsi(Abanyamulenge), muri Kivu yamajyaruguru ndetse niya majyepho.

Colonel Richard Tawimbi, yavuze ko u Rwanda atari rwiza kugihugu ca Congo, yagize ati : “Dufite icorezo icorezo dufite ni leta ya Kigali.”

Mutirabura Nyabitanga yagize icavuga kw’Ijambo rya
Colonel Richard Tawimbi, yagize ati : “Nubwo Colonel Richard Tawimbi, atuka ur’Wanda ariko nimuburyo bwo kwihakirizwa kuri leta ya Felix Tshisekedi, kugira agume abone umugati muriyi leta y’Ikinshasa. Icambere yirengaje ko Leta ya Felix Tshisekedi, ariyo yica benewabo ab’Atutsi (Abanyamulenge), iyi leta niyo iha Maimai Bishambuke, ububasha bwogukomeza kunyaga Inka zabaturage bomubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge).”

Colonel Richard Tawimbi, yinjiye muri Gumino bakunze kwita iya Nyamusaraba, ubwo Gumino yambere yariyobowe na Colonel Venant Bisogo, yinjira ga muri leta ya Congo mumwaka wa 2011.

Colonel Richard Tawimbi, mbere yuko y’iyunga na Nyamusaraba yabanjye gufungirwa i Bujumbura, arangije gufungurwa nibwo yazamutse Imisozi miremire y’Imulenge, amaze guhura na Nyamusaraba yabaye umuyobozi mukuru w’uyu mutwe murwego rwagisirikare, gusa ntiyatinze kuko yahise aja Kinshasa tariki 28.08.20212, ariko nubwo yari muri Kinshasa yakomeje kwitwa umuyobozi mukuru w’uyu mutwe wa Gumino.

Uyumugabo ufite ipeti rya Colonel Richard Tawimbi, tariki 16.01.2019, byigeze kuvugwa ko yatawe muriyombi ninzego zishinzwe umutekano i Kinshasa ariko afungurwa ataburanishijwe nkuko twabibw’iwe kuri Minembwe Capital News.

Kuri none umutwe wa Gumino bamwe mubaturage baturiye Imisozi miremire y’Imulenge bemeza ko uyumutwe washize abandi bakavuga ko uriho gusa kumenya umubare bawugize bikomeje kuba ingorabahizi, tariki 09.01.2023, byahwihwise ko uyumutwe wiyunze ningabo za Barundi ziri muri Minembwe.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Kuruyu wambere imirwano yabereye muri Makombo na Kaembe, hagati ya M23 n'ingabo za leta y'Ikinshasa (FARDC), FDLR, Abacanshuro na Maimai Nyatura.

Comments 3

  1. Faustin says:
    3 years ago

    Twategereye audio ya colonel tawimbi.
    Ariko nagize akabazo gateye gatya: ese igihe yakoranaga n’a FDLR kuva nakazirimwe akageza niyinga bakoranaga iki? Ese baribasangiye umugambi wokuzatera urwanda? Eseko we ari umu congomani nizihe nyungu zogufatikanya nya FDLR kandibo arabanyarwanda

  2. Munyamahoro says:
    3 years ago

    Mbega umututsi wigihone. Imbwa nimba tuuu. Yahaye yibwira ko #Kisekedi yazamukunda? Yoooooo ko mpaye mbona abakatanyama bazatumarira kucumu.

    Uyu mumureke akomeze asebye uwakagombye kumurengera. Ameze nkumuhungu Nako ndetse umugabo gito wo mumurara w’Abitira witwa RUBERWA RICHARD asigaye ABA mubudage nawe yahaye yikomanga kugahanga ngo yanga cane u Rwanda Kandi arigwo rwamureze use wiwe amaze gupfira muri ya ndege yaguye mu Muminembwe. Nikigoryi.

  3. Ruhanga Kaboco says:
    3 years ago

    ruhangakaboco561@gmail.com

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?