• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cornelle Nangaa bwa mbere agaragara mu mwambaro wa gisirikare, maze atangaza kandi gushiraho akadomo kanyuma u butegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
February 23, 2024
in Regional Politics
0
Cornelle Nangaa bwa mbere agaragara mu mwambaro wa gisirikare, maze atangaza kandi gushiraho akadomo kanyuma u butegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa ukuriye Alliance Fleuve Congo, yagaragaye mu mwamwambaro wa gisirikare, aho yari mubice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni ubwa mbere Corneille Nangaa agaragaye mu mwambaro wa gisirikare, kuva ageze i Rutsuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho yaje aje gufatanya n’u mutwe wa M23 kugira ngo bavaneho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, nk’uko yakunze kubigarukaho cyane.

Nangaa yageze muri teritware ya Rutsuru, mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, ubwo yageraga i Rutsuru yashize itangazo hanze ahamagarira amashirahamwe atandukanye akorera mu gihugu imbere no hanze ya Congo, urubyiruko, Abanyapolitike, ndetse na basirikare, abasaba kuyoboka Alliance Fleuve Congo, avuga ko intego ya mbere ari ugukuraho ubutegetsi bwa Kinshasa, maze ngo hagashirwaho ubundi butegetsi bushya.

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 22/02/2024, iri huriro rya rya Alliance Fleuve Congo, ririmo n’umutwe wa M23, bakoze i Nama idasanzwe igamije kwerekana ubuyobozi bwayo, aha niho umuyobozi mukuru wiri huriro Corneille Nangaa yagaragaye ya mbaye umwambaro wa gisirikare. Ni Nama bigaragara ko yabereye ahitwa Cyanzu, nk’uko byashizwe mu itangazo umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka yashize hanze.

Nyuma y’iyi Nama iri huriro rya Alliance Fleuve Congo, bakoze itangazo bagaragaza ubuyobozi bugize iri huriro.

Nk’uko iryo tangazo ribivuga n’uko Cornelle Nangaa ariwe muyobozi mukuru naho General Major Sultan Makenga akaba ariwe ukuriye ibikorwa bya gisirikare.

Muri iryo tangazo kandi rya Alliance Fleuve Congo, rivuga ko rigiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa, bukomeje urwango bushingiye ku moko no gutoteza abaturage. Iri tangazo risoza rivuga ko nta yandi mahitamo Alliance Fleuve Congo ifite usibye gufata mpiri ibikoresho by’agisirikare bikoreshwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu rwego rwo kugira ngo bagarurire abaturage ba Congo amahoro n’umutekano urambye.

                     MCN.
Tags: Atangaza gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa KinshasaCorneille NangaaYagaragaye mu mwamwambaro wa gisirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi by’imbitse ku kiganiro perezida Félix Tshisekedi yaraye akoze, hamwe asa n’uwivuguriza ahandi avuga ko ari intungane.

Ibindi by'imbitse ku kiganiro perezida Félix Tshisekedi yaraye akoze, hamwe asa n'uwivuguriza ahandi avuga ko ari intungane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?