• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Depite Delly Sesanga, ngoyahuye nakaga ubwo yari mu Ntara ya Kananga.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishaka riri ku butegetsi muri Congo Kinshasa rikomeje guhohotera abatavuga rumwe nabo.

You might also like

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 30/07/2023, saa 9:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa Gatandatu nibwo depite Delly Sesanga, akaba nu mukandida mumatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba mukwezi kwa cumi nabiri uyu mwaka(20/12/2023) yerekeje i Kananga maze aza guhohoterwa na bayoboke bishaka rya Perezida Félix Tshisekedi.

Ubwo uyu mu depite Delly, ya ramaze kwitura kukibuga cy’indege ca Kananga ya bujijwe n’abambari ba UDPS, kutagira icyatangaza muribyo bice nimugihe byari biteganijwe ko aza kugirana ibiganiro na baturage bomuriyo Ntara. Uyu mugabo yaje nokuzibigwa inzira batangira no gutwika ama pine y’imodoka mu mihanda yarigucamo bizakurangira habaye kwiyambaza abashinzwe umutekano maze hakoreshw’imabaraga za polise mukwimira abashakaga kugira nabi Delly Sesanga, arinabwo yahise ahava.

Uyu mudepite nkuko amakuru akomeje gucicibikana kumbuga nkoranya mbaga zaba Kongomani nuko yatewe ibuye mumutwe ni muricogihe harimo imivurungano kandi bigaragarako aribintu byari byateguwe nkuko bikomeje kuvugwa kumbuga zitandukanye.

Ubugizi bwanabi n’ihohoterwa bikomeje gufata intera muri RDC ariko byose bigashinjwa abayoboke ba UDPS barimo guverineri bwana Francois Beya womuriyo Ntara .

Ibi ngo subwambere bishikira bwana Sesanga, kuko no mumezi ashize yaje gusura ishuri muriyi Ntara biza kurangira atewe amabuye nabayoboke bo mwishaka rya UDPS.

Mumakuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, nuko bwana Sesanga, yajanwe mugace gatekanye muribyo bice byo mu Ntara ya kasai yohagati (kananga) kugira ngo acungirwe umutekano.

Tags: Delly SesangaDepiteKanangaYatewe ibuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

by Bahanda Bruce
March 17, 2026
0
AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)/M23/MRDP-Twirwaneho byemejwe ko ryamaze gufata mu buryo bwuzuye agace ka Kirungwa, gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post

Kabanyana Yvonne, umutsikazi yashimuswe kumunsi w'ejo hashize ashimutwa n'imitwe y'itwaje imbunda ikorana na leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?