Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Donald Trump yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma yo kurusimbuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Donald Trump yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma yo kurusimbuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Donald Trump yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma yo kurusimbuka.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump uriguhatanira kongera kuyobora Amerika, yagaragaye bwa mbere mu ruhame ahambiriyeho ibande, nyuma yokuraswaho, akarusimbuka, aho yari yasutsweho urusasu agakomereka bidakabije.

Isaha z’ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Kabiri, nibwo Donald Trump yagaragaye ku ngoro y’ishyaka ry’Aba-Republican(Republican National Convention) nyuma y’iminsi ibiri asimbutse urupfu rw’umusore wamurasheho akamukomeretsa ku gutwi kw’iburyo.

Uyu musore muto w’imyaka 20 y’amavuko warashe Donald Trump yaje gupfa arashwe, nk’uko byatangajwe na FBI (urwego rw’i perereza).

Ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru gishize nibwo Donald Trump yarashweho. Amakuru avuga ko uri ya musore wamurashe yari yihishye ku gisenge cy’inyubako iteganye n’aho Trump yavugiraga, aho yari mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida w’iki gihugu.

Ay’amakuru anavuga ko uri ya musore warashe Donald, byarangiye yishe umuturage wari uri muri ibi bikorwa, mu gihe abandi babiri bakomeretse bikabije.

Donald Trump avugana n’itangazamakuru makuru muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yavuze ko atangiye koroherwa kandi ko arimo gukira, ndetse ko yizeye kuzakuraho bande vuba.

Abakozi ba Trump bangiye abanyamakuru gufata amafoto y’ihariye agaragaza iri ya bande imuriho, gusa byanze bagira amafoto amwe bafata.

Trump yabwiye itangaza kandi ko “kuri ubu yakagombye kuba yarapfuye.

Ati: “Nakagombye kuba narapfuye. Umuganga wo ku bitaro yavuze ko atigeze abona ibintu nk’ibi mbere, yavuze ko ari igitangaza.”

Hagati aho, ishyaka ry’Aba-Republican, ryamaze kwemeza Donald Trump nku mukandida uzari hagararira mu matora azaba mu mpera z’u mwaka turimo. Maze nawe ahita atangaza ko azafatanya na James David Vance nk’uzamubera Visi perezida mu gihe yoramuka atowe.

           MCN.
Tags: Ahambiriyeho ibandeDonald TrumpNyuma y'uko arashweho akarusimbukaYagaragaye bwa mbere mu ruhame
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yongeye kubura kuri uyu wa Kabiri, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Imirwano yongeye kubura kuri uyu wa Kabiri, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?