• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Dore ibice by’igaruriwe n’Ingabo za general Sultan Makenga, ku munsi w’ejo hashize, ibyambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC .

minebwenews by minebwenews
February 13, 2024
in Regional Politics
1
Dore  ibice by’igaruriwe n’Ingabo za general Sultan Makenga, ku munsi w’ejo hashize, ibyambuye ihuriro ry’Ingabo za RDC .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Menya ibice byafashwe na M23 k’u munsi w’ejo hashize tariki ya 12/02/2024.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’i bice byigaruriwe na M23 mu mirwano yabasakiranije n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, (FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, Wazalendo, SADC na Wagner Group), k’uri uy’u wa Mbere, byo muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iy’i mirwano MCN yabwiwe ko M23 yafashe i Centre z’ingenzi muri teritware ya Nyiragongo, harimo ahitwa ku Maberey’inkumi, Kanyabuki, Kanyamahoro no mu Kibaya cya Kanyamahoro, kiri mu ntera y’ibirometre 11 n’u Mujyi wa Goma uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubu mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 13/02/2024, umwe mu barwanyi ba M23 yemeje ko bari kwerekeza Kirimanyoka, ugana za Kibati, werekeza Kanyarucinya, ukabona kwinjira Goma mu Mujyi.

Mu gihe muri teritware ya Masisi, M23 yambuye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, udusozi twose twu namiye Centre ya Sake, ahitwa Kansoko, agace kari mu mw’injiro wa Sake, Madimba, Kimoka no ku ma Cafee.

Minembwe Capital News ifite amakuru ko centre ya Sake igice kinini gifitwe na M23 ko ndetse M23 ubu iri kwerekeza mu Bambiro. Twa bwiwe ko Centre ya Mubambiro iri mbere ya Sake ko kandi uyijyamo unyuze Sake.

Gusa hari ibindi bice byo muri Sake bifitwe n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nka hitwa centre na Kiluku.

Imirwano yongeye kubura muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, muri centre ya Sake, ndetse ahagana isaha z’urukerera hari habaye shelling y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa muri centre neza hagati, urundi rusaku rw’imbunda rwu mvikanye akanya gato muri Rubaya na Busumba, ahari ibirindiro by’ingabo za M23, nk’uko bya vuzwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma.

Mu nyandiko umuvugizi wa M23 mu bya politike, yashize hanze yashinje ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa kurasa ibisasu muri iki gitondo, mu baturage baturiye Busumba, Butare no mu nkengero zaho.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bateye ibisasu biremereye mu baturage baturiye Busumba, Butare no mu nkengero zaho.”

Inyandiko za Kanyuka, zikomeza zisaba imiryango mpuzamahanga ku daceceka mugihe abaturage bakomeje kwicwa n’ihuriro ry’ingabo za RDC, maze avuga ko ibyo M23 itaza byihanganira ko ahubwo igiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibice by'igaruriwe na M23Ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCKumunsi w'ejo hashizeSake
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya perezida Félix Tshisekedi, ngo ishobora kuja mu biganiro n’u mutwe wa M23.

Leta ya perezida Félix Tshisekedi, ngo ishobora kuja mu biganiro n'u mutwe wa M23.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Courage bana Bacu IMANA Ibahe Imbere mwararenganye igihe kirekire

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?