• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dore ibyo wa menya ku ndwara y’ubushita bw’i nkende yateye mu karere.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2024
in Uncategorized
0
Dore ibyo wa menya ku ndwara y’ubushita bw’i nkende yateye mu karere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dore ibyo wa menya ku ndwara y’ubushita bw’i nkende yateye mu karere.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni indwara ishami ry’u muryango w’Abibumbye ryita ku buzima (WHO) rivuga ko ikomoka ku nkende no kutundi tunyamanswa duto turimo imbeba. Mu rurimi rw’ikizungu iyi ndwara bayita ‘Mankey Pox.’

Iyi ndwara bwa mbere yagaragaye ku nyamanswa zo mu mashyamba yo mu bihugu by’Afrika yo hagati, aho umuntu wa mbere yayanduye mu 1970. Uwagaragaye ku ncuro ya mbere yari muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Nyuma ya Congo yongeye gufata umuntu uri muri Cameroon, Nigeria, Sudan, Sierra Leone, Benin, Gabon, Ivory coast n’ahandi.

Ahagana mu mwaka w’ 2022, iyi ndwara yarimaze kuboneka ahantu henshi ku Isi ahanini mu bihugu byo ku mugabane wa Afrika.

Nko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, imibare itangwa n’urwego rushinzwe ubuzima muri icyo gihugu ivuga ko kuva yadutse imaze guhitana abantu babarirwa 445 mu gihe abayirwaye bo bagera ku 11,000.

Kuri ubu i Burundi abantu barenga icumi bamaze kuyigaragaraho muri uku kwezi kwa karindwi, mu Rwanda ho ni abantu babiri.

Iy’indwara yandura cyane binyuze mu gukora ku muntu uyirwaye cyangwa ukaba wakora ku matembabuzi yuyirwaye. Ishobora kandi kwandura mu buryo bw’imibonano mpuzabitsina, gusomana, cyangwa gusuhuzanya n’ufite ubwo burwayi.

Bimwe mu bimenyetso bibigaragaza, harimo kuzana ibiheri mu maso, ku myamya ndangagitsina, ku biganza no ku maguru rimwe na rimwe no mu mugongo.

Abayirwaye bagira umuriro mwinshi, kugira umunaniro mwinshi mu ngingo no kuribwa umutwe.

Kuyirinda bisabye ko udakorana imibonano mpuzabitsina n’umuntu ufite ibimenyetso byayo, gukomeza kugira umuco wo gukaraba cyane intoki ukoresheje amazi meza n’isabune mu gihe uba waramukanije n’abantu.

               MCN.
Tags: Indwara y'ubushitaMankey pox
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ibimenyetso simusiga byaguhamiriza ko wanduye indwara ya Sida.

Ibimenyetso simusiga byaguhamiriza ko wanduye indwara ya Sida.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?