• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dore uko imyiteguro y’urugamba ihagaze kuri none Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
September 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo imyiteguro ya nyuma yo kugaba ibitero bita simusiga ku mutwe wa M23 ngo igeze ku munota wa nyuma .

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ibyo n’ibyavuzwe n’ingabo za FARDC aho byemejwe na Guverineri w’iyi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, aho yavuze ko leta ye ishize imbere guhasha no gusenya umutwe wa M23 aho iri hose, ititaye ku amasezerano Congo yagiranye n’ibihugu bigize EAC

Uturere twa Rutshuru na Masisi ni two dushobora kuba isibaniro ry’imirwano hagati y’ingabo za RDC na M23.

Impamvu ni uko utu duce turimo umubare munini w’ingabo za M23 kurusha ahandi mu Ntara ya Kivu ya ruguru.

Muri iyi minsi muri utu duce tutari dusanzwe tutamenyereyemwo ingabo za leta, kuri ubu haragarara ubwiyongere bw’izo ngabo.

Ubusanzwe uduce twa Kibumba, Kanyamahoro, two muri Nyiragongo na sheferi ya Bashali muri teritware ya Masisi twari mu maboko y’ingabo z’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba EAC. Ahandi hari hayobowe na M23.

Naho hafi teritware yose ya Rutshuru n’ibindi bice bya sheferi ya Bashali muri teritware ya Masisi biyobowe kugeza ubu na M23. Kuri ubu amakuru yizewe Minembwe Capital News yahawe n’uko ahitwa Ntaringa, Mugicwa na Tebero uyu munsi hageze ingabo ninshi za M23 ndetse n’ibindi bice biri hafi na Goma nko kuri Trois entenne nahandi nka Buhumba, Kunyundo no kwa Simoni aha ingabo za M23 zahageze kuriki gicamunsi co kuwa Gatatu.

Ibi bije nyuma yuko guverinoma ya Congo ihaye M23 igihe ntarengwa cyo kuba yavuye mu duce twose yafashe bitaba ibyo, hagakurikiraho intambara.

Ibi byavuzwe na ministiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC Christophe Lutundula Apala, mu kiganiro yahaye ibitangazamakuru bitandukanye mu cyumweru gishize.

Ubuyobozi bwa FARDC nabwo buravuga ko igisirikare cya Congo cyiteguye gusenya burundu umutwe wa M23 mu duce twose wamaze kwigarurira kuva imirwano y’ubuye umwaka ushize.

Kubera umubare mwinshi w’ingabo za RDC ( FARDC) woherejwe muri utwo duce, hari intambara itutumba Muburasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru ibikorwa bya gisirikare muri teritware ya Nyiragongo byahinduye imikorere.

Ibi birimo kuba mu gihe hari abaturage barenga ibihumbi bari mu nkambi z’impunzi kugeza ubu bataye icyizere cyo gusubira mu byabo kubera intambara.

Abaturage ndetse n’abagize za sosiyete sivile bakomeje gushinja ingabo za EAC ko zaba zikorana bya hafi na M23. Izitungwa agatoki cyane kurusha izindi ni izo mu gihugu cya Kenya na Uganda, zahawe kugenzura Nyiragongo na Rutshuru.

Mu cyumweru gishize amashusho menshi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana abayobozi ba M23 bahumuriza abaturage mu ma santere arimo Kiwanja, Kitshanga na Tongo uyu mutwe wigaruriye. Aba babwiraga abaturage ko bazabarinda mupaka kugeza ku ndunduro.

By Bruce Bahanda.

Tariki 27/09/2023.

Tags: Dore uko imyiteguro y'urugamba ihagaze kuri none Muburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Muri Quartier Ngongolio, mugihugu ca RDC umugore w'imyaka 60 yishwe azira kuroga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?