Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Dore uko umutekano w’amatora uhagaze muri RDC, naho mu Bibogobogo i santire zibiri zamaze kubona ibikoresho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe Amatora arimo kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imipaka yamaze kugarwa kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umupaka wa petite barrière na Garande barrière, bya kinzwe, iyi akaba ari imipaka ihuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

Nk’uko bya vuzwe n’uko n’inzira y’ikirere y’ugawe ndetse n’inzira y’Amazi. Bikaba byakozwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DGM), ku bw’itegeko bahawe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, abategetsi bayoboye Intara zigize igihugu ca RDC, batanze amabwiriza ku bashinzwe umutekano gukora iyo bwakabaga bakarinda umutekano w’amatora.

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yagize ati: “Ndasaba ingabo z’igihugu n’abashinzwe umutekano hano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, gutangira akazi mbere y’uko amatora atangira kugeza igikorwa nyirizina kirangiye.”

Gusa uhagarariye Komisiyo y’Amatora muri RDC, Denis Kadima, yavuze ko hari ibitero byagabwe muri system y’ikorana buhanga m’urwego rwo kugira ngo bapilate Amatora.

Yagize ati: “Ku wa Mbere ushize twagabweho ibitero ariko abakozi ba CENI twakoze iyo bwakabaga turwanya abanzi. Hari abicanyi bashaka kw’injira muri system y’ikorana buhanga ariko ubu dufite umutekano.”

N’ubwo biri uko CENI iraregwa kuba yarakererwe kugeza ibikoresho by’ifashishwa mu matora ahabigenewe ni mugihe mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, biriya bikoresho byabagezeho igihe c’isaha za saamoya zokuri uy’u wa Gatatu, tariki 20/12/2023.

Ep Bora na Ep Furaha nizo centre zagezemo ibikoresho by’ifashishwa mu matora, mu bice byo mu Bibogobogo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mubaturage baturiye ibyo bice.

Gusa hari ibice byinshi kugeza izi saha batarabona ibikoresho, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: Dore uko umutekano w'amatora uhagazeSantire zibiri zamaze kubona ibikoresho mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Machafuko yameanza kushuhudiwa kwenye vituo kazaa vya ichaguzi wa leo inchini CONGO (DRC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?