• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Dore uko umutekano w’amatora uhagaze muri RDC, naho mu Bibogobogo i santire zibiri zamaze kubona ibikoresho.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mugihe Amatora arimo kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imipaka yamaze kugarwa kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Umupaka wa petite barrière na Garande barrière, bya kinzwe, iyi akaba ari imipaka ihuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

Nk’uko bya vuzwe n’uko n’inzira y’ikirere y’ugawe ndetse n’inzira y’Amazi. Bikaba byakozwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DGM), ku bw’itegeko bahawe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, abategetsi bayoboye Intara zigize igihugu ca RDC, batanze amabwiriza ku bashinzwe umutekano gukora iyo bwakabaga bakarinda umutekano w’amatora.

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yagize ati: “Ndasaba ingabo z’igihugu n’abashinzwe umutekano hano mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, gutangira akazi mbere y’uko amatora atangira kugeza igikorwa nyirizina kirangiye.”

Gusa uhagarariye Komisiyo y’Amatora muri RDC, Denis Kadima, yavuze ko hari ibitero byagabwe muri system y’ikorana buhanga m’urwego rwo kugira ngo bapilate Amatora.

Yagize ati: “Ku wa Mbere ushize twagabweho ibitero ariko abakozi ba CENI twakoze iyo bwakabaga turwanya abanzi. Hari abicanyi bashaka kw’injira muri system y’ikorana buhanga ariko ubu dufite umutekano.”

N’ubwo biri uko CENI iraregwa kuba yarakererwe kugeza ibikoresho by’ifashishwa mu matora ahabigenewe ni mugihe mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, biriya bikoresho byabagezeho igihe c’isaha za saamoya zokuri uy’u wa Gatatu, tariki 20/12/2023.

Ep Bora na Ep Furaha nizo centre zagezemo ibikoresho by’ifashishwa mu matora, mu bice byo mu Bibogobogo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mubaturage baturiye ibyo bice.

Gusa hari ibice byinshi kugeza izi saha batarabona ibikoresho, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda.

Tags: Dore uko umutekano w'amatora uhagazeSantire zibiri zamaze kubona ibikoresho mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post

Machafuko yameanza kushuhudiwa kwenye vituo kazaa vya ichaguzi wa leo inchini CONGO (DRC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?