• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Denis Mukwege, yatangaje ko bidakwiye ko leta ikoresha mubabaye munyeshamba nka Jean Pierre Bemba na Mbusa Nyamwisa.

minebwenews by minebwenews
September 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr Denis Mukwege,
Umuganga uzwi nkumuntu uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, abona kuba ababaye mu mitwe y’inyeshyamba nka Jean Pierre Bemba, Mbusa Nyamwisi, Lt Gen. Constant Ndima na Gen. Nduru Chaligonza barahawe akazi muri Leta ari amahitamo mabi yakozwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Bemba ni Minisitiri w’Ingabo, yamenyekanye cyane ubwo yari yarashinze umutwe witwaje intwaro wa MLC wakoreye muri RDC na Repubulika ya Centrafrica. Nyamwisi we ni Minisitiri ushinzwe ukwishyira hamwe mu karere, akaba yarabaye mu mutwe wa RCD-Goma.

Lt Gen Ndima we ni Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, akaba yarabaye umwe mu bayobozi b’umutwe wa MLC, naho Gen. Chaligonza wamusimbuye by’agateganyo mu gihe ari kubazwa n’urwego rw’iperereza i Kinshasa yabaye mu mutwe wa RDC-Kisangani na UPC.

Dr Mukwege ashingiye ku mateka y’aba banyapolitiki n’abasirikare, yatangaje ko hari abantu bazize ibikorwa byabo ubwo bari abayobozi cyangwa bari mu buyobozi bukuru bw’imitwe y’inyeshyamba, bityo ko batakabaye bahembwa imyanya muri Leta.

Afatiye urugero kuri Gen. Chaligonza, Dr Mukwege yavuze ko nk’uyu musirikare yavuzwe kenshi mu birego by’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, hamwe n’abandi barimo Thomas Lubanga na Bosco Ntaganda, bose baburanishijwe, bagakatirwa n’uru rukiko.

Yagarutse ku buryo Bemba na Nyamwisi bahawe imirimo ikomeye, asobanura ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bubeshya abaturage.

Ati: “Nyuma yo guha Bemba na Nyamwisi imyanya muri guverinoma, uku guha imirimo uwabaye inyeshyamba kurereka rubanda umuhigo utazagerwaho ku butegetsi bwa Tshisekedi. Amagambo ye n’ibikorwa bye biba bihabanye buri gihe kandi bishyira mu kaga igihugu cy’Abanyekongo.”

Dr Mukwege anenze iri tangwa ry’imirimo mu gihe ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi bwafashe icyemezo cyo kudashyira mu nzego z’igihugu, cyane iz’umutekano, abahoze mu mitwe y’inyeshyamba. Kiri mu byatumye abari abarwanyi ba M23 begura intwaro mu mpera z’umwaka wa 2021 basaba ko isezerano bahawe ryubahirizwa n’amasezerano ajanye no gucura Impunzi zose ndetse nokuzamurirwa mu Ntera kwabamwe murabo barwanyi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 07/09/2023.

Tags: Dr Denis MukwegeYanenze ko Leta ikoresha Abantu babahe Inyeshamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abantu 17 biciwe mugace ka Balingina ho mu Ntara ya Ituri, umutwe wa Mai Mai urashinjwa kuba inyuma yubu bwicanyi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?