• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Dr.Kanyiki wahawe umwanya ukomeye muri AFC ni muntu ki?

minebwenews by minebwenews
March 1, 2025
in sport & entertainment
0
Dr.Kanyiki wahawe umwanya ukomeye muri AFC ni muntu ki?
174
SHARES
4.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr.Kanyiki wahawe umwanya ukomeye muri AFC ni muntu ki?

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Dr. Freddy Kanyiki, uheruka kuva muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yerekeza mu Burasizuba bwa Congo gufatikanya n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo(AFC), yagizwe umuyobozi ukomeye, aho yahawe umwanya wa kabiri muri iryo ihuriro rigamije gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bw’i Kinshasa. Iri huriro riyobowe na Corneille Nangaa.

Mu minsi mike ishize nibwo iri huriro rya AFC ryatangaje ko Kanyiki ari we wungirije umuhuza bikorwa mukuru waryo, aho ashyinzwe iterambere n’ubukungu.

Kanyiki ni Umunyamulenge, umwana w’Umukozi w’Imana, Reverend Mahota, wayoboye igihe kirekire itorero rya Methodist Libre i Mushimbaki muri Baraka, ho muri teritware ya Fizi.

Akaba kandi umwe mubayobozi bakomeye bo muri Mahoro-Peace Association izwiho gufasha Abanyamulenge mu gihe cyose babaye mu kaga k’intambara bashoweho na Leta y’i Kinshasa kuva mu 2017-2025. Kanyiki ni umwe mu bafashije ababyeyi basigaye imuhira, ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, nk’uko Abanyamulenge babivuga.

Umubyeyi wa Freddy Kanyiki yazize jenocide yakorewe Abanyamulenge mu 1996, kabone nubwo yari ashyumbye amatorero aherereye i Baraka, igice gituwe cyane n’Ababembe, ntibyabujije ko imitwe yitwaje imbunda irimo FDLR na Mai-mai imwicana n’abandi Banyamulenge babarirwa mu magana bari i Kabera, Mushimbaki n’ahandi muri ibi bice by’umushyashya.

Ise wa Kanyiki, Mahota, ari mu bagize uruhare runini mu kwigisha abana b’Ababembe, ubwo yari akorera muri ibyo bice. Yabigishaga abinyujije muri “Compassion,” ariko barangije bamwitura ku mwica.

Nyuma y’urupfu rw’umubyeyi we, Kanyiki na mama we, bahawe ubufasha baja gutura muri Amerika.
Akimara kugera i Bukavu avuye muri Amerika yatangaje ko bazanye impinduka muri iki gihugu.

Yagize ati: “Ndishimye cyane kongera kugera aha, navuye i Bukavu mu 1994, ariko nagarutse, kandi uko ngarutse sink’uko nahavuye. Ndi umwana wo muri Kivu y’Epfo. Ndi umwana wo mu Minembwe, ndi Umunyamulenge. Ndanabaramukije mwese.”

Yunze kandi ati: “Tuje kugira tugire ibyo duhindura. Tuzabigisha kubana neza, ntavangura iryo ariryo ryose. Imana ibahe imigisha.”

Ibyerekeye amashuri, Dr Kanyiki, yigiye amashuri y’isumbuye muri Kivu y’Epfo, akomereza i Butare, nyuma aja muri Amerika, ari naho yaherewe impamyabumenyi ya doctorat muri Pharmacie.
Bizwi kandi ko yagiye ahabwa ibihembo bitandukanye nk’umwe mu baganga bagiye bitwara neza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Tags: Dr.KanyikiTwirwaneho
Share70Tweet44Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa kuri Tshisekedi wamaze kwaka ubuhungiro aranabwemererwa.

Kinshasa yatangije indi nzira yo kurwanya ubutegetsi bw'i Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?